NYAGATARE-Rwimiyaga: Kugira isoko ry’umukamo w’amatungo yabo no gutungwa n’ibiyavamo nibyo byishimirwa na bamwe mu borozi bagemura amata ku ikusanyirizo ry’mata rya Kirebe umurenge wa Rwimiyaga. Kuba batakigurisha inka kugira ngo bigishe abana no gutunga imiryango yabo ngo babikesha ubworozi bwa kijyambere. Kirebe dairy koperative yashinzwe mu mwaka wa 2004, hagamijwe ubucuruzi bw’amata dore ko ngo [...]
Rulindo: Aborozi b’inzuki (abavumvu) bashonje bahishiwe

Aborozi b’inzuki bo mu karere ka Rulindo ,bagiye gushyirirwaho ishuri rizajya ribigisha uko borora inzuki, mu buryo bwa kijyambere ,zikarushaho gutanga umusaruro utubutse kandi mwiza. Ibi ni ibyatangajwe kuri uyu wa kane tariki ya 16/5/2013, ubwo umushoramari wo mu gihugu cya Singapole, ugiye kubigisha korora inzuki bya kijyambere yasuraga abavumvu mu murenge wa Rusiga. Nk’uko [...]
Rulindo: Bee Keeping School to open up soon

The bee keepers in Rulindo district are in anticipation of the upcoming bee keeping school that will train in professional bee keeping for a better honey production. This was announced on Thursday the 16th.May.2013 during the visit of an investor from Singapore to the bee keepers in Rusiga sector. Investor Lester Leow explained to these [...]
Rwamagana: Aborozi bishimiye ko batazongera kwishyura ibiryo by’amatungo

Aborozi 28 bo mu karere ka Rwamagana bishimiye ko batazongera gutanga amafaranga bishyura ibiryo by’amatungo birimo umunyu baha inka nk’inyongera kuko bigishijwe kuwikorera bakoresheje ibikoresho byinshi biboneka iwabo aho batuye. Mu mahugurwa y’iminsi ibiri yasojwe tariki ya 09/05/2013, aborozi 28 bo mu karere ka Rwamagana n’abavuzi b’amatungo bo mu mirenge ya Gishari, Munyiginya, Kigabiro na [...]
FARMERS SPEAKOUT ON NEW DAIRY INDUSTRY BOOST

The United States Agency for International Development (USAID) and the Ministry of Agriculture and Animal Resources, have launched a programme to improve the quality in the dairy sector. The programme is part of the Rwanda Dairy Competitiveness Project II (RDCP II) and is intended to strengthen the dairy sector with Rwf40m ($63,000) worth of grants [...]
Rubavu: barasabwa kutazerereza inka hirindwa gukwirakwiza uburenge

Ubuyobozi bw’akarere ka Rubavu bwahagurukiye gusaba aborozi kwirinda kuzerereza inka kuko bishobora gukwirakwiza indwara y’uburenge imaze kugaragara muri aka karere, kuko imirenge yegeranye n’igihugu cya Congo ariyo Busasamana na cyanzarwe bumaze kuhagaragara. Iyi ndwara yatangiye kugaraga mu kwezi kwa Mata 2013, ubuyobozi bwihutira gufata ingamba kugirango idakwira no muyindi mirenge aho basaba ko aborozi b’inka [...]
Gatsibo: more families benefit in Girinka Program

With Girinka program thriving and changing the lives of countless Rwandans both socially and economically, more 33 families have been given cows to rear in Gatsibo District in support of this program. Girinka program was initiated by the president of the Republic of Rwanda in 2006 with the goal of every Rwandan to at least [...]
Gatsibo: Imiryango 33 yorojwe muri gahunda ya gira inka munyarwanda

Gahunda ya gira inka munyarwanda ni gahunda yatangijwe na Perezida wa Repubulika, ubu ikaba ikomeje mugihugu hose, horozwa imiryango itandukanye itifashije. Iki gikorwa cyo gutanga inka mu Karere ka Gatsibo cyabaye kuwa 30 Mata 2013, hakaba haratanzwe inka 33. Izi nka zahawe imiryango 33 itishoboye yo muri aka Karere mu rwego rwo kuyifasha kwikura mu [...]
Nyamagabe: 36 cows donated to vulnerable people

Residents of Nyamagabe appreciated the government’s programme of “one cow per family” [Girinka], which has helped them develop in every aspect of life. This programmes that was started in 2006 has seen about 10.000 people in the district get cows which the residents say is a very big bond between the Rwandan government and its [...]
Nyamagabe: Koroza abatishoboye ngo ni igihango hagati ya leta n’abaturage.

Imiryango igera ku bihumbi 10 mu karere ka Nyamagabe imaze guhabwa inka kuva mu mwaka wa 2006 ubwo gahunda ya “Girinka” yatangizwaga hagamijwe ko buri muryango utunga inka. Abaturage b’akarere ka Nyamagabe bavuga ko kuba leta ibagabira ari igihango baba bagiranye nayo. “Iyo umuntu yabaga yaraguhaye inka byabaga ari igihango gikomeye. Buriya rero natwe tubona [...]
Follow Us!
By PDGACO payday loans