NYAGATARE-Rwimiyaga: Kugira isoko ry’umukamo w’amatungo yabo no gutungwa n’ibiyavamo nibyo byishimirwa na bamwe mu borozi bagemura amata ku ikusanyirizo ry’mata rya Kirebe umurenge wa Rwimiyaga. Kuba batakigurisha inka kugira ngo bigishe abana no gutunga imiryango yabo ngo babikesha ubworozi bwa kijyambere. Kirebe dairy koperative yashinzwe mu mwaka wa 2004, hagamijwe ubucuruzi bw’amata dore ko ngo [...]
Gatsibo: more families benefit in Girinka Program

With Girinka program thriving and changing the lives of countless Rwandans both socially and economically, more 33 families have been given cows to rear in Gatsibo District in support of this program. Girinka program was initiated by the president of the Republic of Rwanda in 2006 with the goal of every Rwandan to at least [...]
Kayonza: Amabagiro yose yongeye gukingura imiryango nyuma y’amezi akabakaba atanu afunze kubera indwara y’uburenge

Amabagiro yo mu karere ka Kayonza yongeye gukingura imiryango nyuma y’igihe gikabakaba amezi atanu nta bagiro na rimwe rikora. Amabagiro yose yari yarafunzwe kubera ko akarere ka Kayonza kari kashyizwe mu kato ku bijyanye n’ubucuruzi bw’ibikomoka ku nka, bitewe n’uko kari kagaragayemo indwara y’uburenge. By’umwihariko inyama n’amata adatunganyije mu nganda ni byo byari bibujijwe gucuruzwa [...]
Ngororero: Grass selling, survival for the illiterate jobless youth

Some of residents including illiterate and unemployed youth in Ngororero District have invented the business of selling grass to interested animal keepers and fruit growers. Talking to the some of the youth, they say it’s profitable but they are sure of the continuity of this job because farmers grow theirs and farm owners chase them [...]
Ngororero: Bihangiye imirimo yo kugurisha ubwatsi

Bamwe mubaturage batuye mu karere ka Ngororero biganjemo urubyiruko rwo mucyaro rudafite akazi ntirujye no mumashuli bahanze umurimo mushya wo kwirirwa bahira ubwatsi kumisozi bakajya kubugurisha mubaturage babukeneye. Abantu bakora uwo murimo wabaye akazi ka buri munsi bagenda biyongera kuko bagaragara hirya no hino kumisozi cyane cyane mumashyamba ya Leta. Bamwe mubakora ako kazi twaganiriye [...]
Rulindo: abatunganya bakanacuruza impu bahawe amahugurwa mu kuzitunganya ngo zirusheho kubabyarira umusaruro.

Guhera tariki ya 14 kugeza tariki ya 15,uku kwezi kwa werurwe, 2013 ,mu karere ka Rulindo hari amahugurwa ku birebana no gutunganya impu . Aya mahugurwa yitabiriwe kandi n’ababazi, ngo kuko akenshi baba bafite impu kandi bakanazigurisha ku giciro kiri hasi. Aya mahugurwa rero ngo abasigiye ubumenyi bwinshi buzabagirira akamaro, haba mu gutunganya impu neza, [...]
Nyabihu Fishing Cooperative promotes residents’ development

There are many different types of farming carried out in the district of Nyabihu like cattle rearing, Chicken farming and fish farming which is done from the different swamps and Lakes found there. Fish farming however is developing because of Zamuka cooperative, as said by Jean d’Amour Nzibokora a member of the cooperative in Jenda [...]
Ubuvumvu butanga umusaruro uruta uturuka ku nka
Bisanzwe bizwi ko inka ari ingirakamaro, haba mu gutanga amata, ifumbire ndetse n’inyama. Abatanga inama n’amahugurwa ku buryo ubuvumvu bw’umwuga bukorwa ndetse n’abavumvu bamaze kubigira umwuga, bavuga ko inyungu iva ku bworozi bw’inzuki iruta kure iva ku bw’inka. Umusaza Nduhura Asumani wo mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Rugarama, ni umuvumvu wiyemeje kubigira umwuga, yifashishije [...]
Bageze ku iterambere ry’ibifatika ndetse n’iry’imirire babikesha kwibumbira muri Zamuka Fishing cooperative

Umwuga w’ubworozi n’umwe mu myuga ikunze gukorerwa mu karere ka Nyabihu. Muri aka karere hakorerwa ubworozi butandukanye nk’ubw’inka,ubw’amatungo magufi ndetse n’ubw’amafi bukorerwa mu byuzi no mu biyaga dore ko bihaboneka. Ubworozi bw’amafi ni kimwe mu bigeza ku iterambere rirambye ababukora ababukora kandi bugatuma bikura mu bwigunge,ibi tukaba tubitangarizwa na Nzibokora Jean d’Amour,umwe mu banyamuryango ba [...]
Amaze kugera kuri byinshi abikesha ubworozi bw’inkoko

Uwitwa Mushimiyimana Théophile utuye mu Karere ka Rurindo ahitwa mu Kinini ni we umaze kugera kuri byinshi abikesha ubworozi bw’inkoko. Mbere yari umwarimu, none nyuma y’imyaka ine yiyemeje gukora ubworozi bw’inkoko nk’umwuga amaze gutera imbere. Inzu nziza Mushimiyimana yubatse aho mu Kinini, iri hafi y’ibiraro by’inkoko ze. Kuva ku gipangu kirimo ibiraro ugana kuri iyi [...]
Follow Us!