
Abahagarariye aborozi mu karere ka Nyabihu barasaba abashinzwe ubworozi mu Rwanda kwerekeza amaso muri Gishwati kugira ngo hashyirwe ibikorwa remezo, bityo ubworozi n’ibibukomokaho bube bwatanga umusaruro ku borozi bahororera ndetse no ku bukerarugendo nk’uko Gahiya Tegeri Gad, umuyobozi w’ihuriro ry’amakoperative y’aborozi I Nyabihu yabidutangarije. Tegeri avuga ko muri Gishwati hakunze kuboneka umusaruro mwinshi w’ibikomoka ku [...]




Follow Us!
By PDGACO payday loans