Rwanda | Nyamasheke: Abari batunzwe n’uburobyi gusa bazahabwa inguzanyo bazishyura igihe imirimo izaba yongeye gusubukurwa.

Rwanda | Nyamasheke Abari

Nyuma y’aho ubuyobozi bw’Intara y’Uburengerazuba n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi (RAB) bufatiye icyemezo cyo guhagarika uburobyi bwakorwaga mu kiyaga cya kivu cyose kuva tariki 29/07/2012 kugeza tariki 02/10/2012, abaturage bari basanzwe batunzwe n’uburobyi baratangaza ko ubuzima butazaborohera. N’ubwo abaturage basanzwe bakora akazi ko kuroba ndetse n’abakora ubucuruzi bw’umusaruro uturuka mu kiyaga cya kivu bavuga ko ari [...]

Rwanda | KARONGI: “Misaya Myiza Kirigita Ifaranga”

KARONGI

Abaturage bo mu murenge wa Rugabano biyemeje kwitabira ubworozi bw’ingurube kubera ko zifite isoko rinini cyane. Ni yo mpamvu bayishakiye akabyiniriro ka “Misaya Myiza Kirigita Ifaranga” kubera ko umubare w’abakunda ‘akabenzi’ ukomeje kugenda wiyongera hirya no hino mu Rwanda. Ubwo abaturage b’umurenge wa Rubagano bamurikaga ibikorwa bagezeho mu mihigo y’umwaka 2011-2012, abo mu kagari ka [...]

Rwanda | Nyabihu: Bitabiriye kwitura bagenzi babo bituma barenza inka bari biyemeje gutanga

Nyabihu Bitabiriye kwitura

Nk’uko twabitangarijwe na Shingiro Eugene ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu kuri uyu wa 25/06/2012,mu karere ka Nyabihu mu rwego rw’ubworozi bari biyemeje mu muhigo ko bazoroza abatishoboye inka 500 muri gahunda ya Girinka,ariko izi nka zaje kurenga ku buryo inka zorojwe zageze kuri 721. Nk’uko Shingiro Eugene yabigarutseho,ngo icyatumye besa umuhigo wabo ku buryo [...]

Rwanda | Nyabihu:Ikibazo cy’amabagiro kigiye gukemuka ku buryo burambye

Rwanda | NyabihuIkibazo

Ibagiro rya vunga rimaze kuzura Nk’uko twabitangarijwe n’ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu,Shingiro Eugène kuri uyu wa 29/05/2012,ikibazo cy’amabagiro mu karere ka Nyabihu ,mu mirenge yari igifite , kigiye gukemuka ku buryo burambye. Ibyo akaba yarabidutangarije nyuma y’aho ibagiro rya  kijyambere rya Vunga ryari rimaze kuzurizwa, aho rigiye kuzajya rikoreshwa n’abaturage  b’ako gace ni ukuvuga [...]

Rwanda | Ruhango: uruganda rw’umuceri rubafasha kubona ibiribwa by’amatungo yabo

Ruhango uruganda

Abaturage batuye mu kagari ka Nyamagana umurenge wa Ruhango akarere ka Ruhango baravuga ko uruganda rw’umuceri rwubatse muri aka kagari rwatumye bashobora kubona ibitunga amatungo yabo. Ibisigazwa biva k’umuceri igihe uba urimo gutungwanywa n’uru ruganda abaturage baza kubitwara bakajya kubigaburira amatungo yabo. Rwirangira Innocent atuye hafi y’uru ruganda rutunganya umuceri avuga ko kuba uru ruganda [...]

Rwanda | Gatsibo: ubworozi bw’ingurube bwihuta kurusha ubundi

Gatsibo ubworozi

Akarere ka Gatsibo mu kwihutisha iterambere ry’abaturage taliki ya 10 Gicurasi 2012 kashyikirije abaturage batishoboye ingurube 185, aho bashima aya matungo kuba yororoka cyane kurusha ayandi ndetse agatanga ifumbire bakoresha m’ubuhinzi. Akarere ka Gatsibo gateganya kuba kamaze gutanga ingurube 650 kugera taliki ya 26 Gicurasi,2012 aho benshi mubazigenerwa bazoroza abandi umusaruro w’ingurube ukiyongera ndetse n’ifumbire [...]

Rwanda | Gatsibo: umubare w’inka wiyongera isoko ry’amata ritiyongera

Akarere ka Gatsibo gatangaza ko nubwo umubare w’inka wiyongera mubagatuye amata menshi akoreshwa n’abaturage aho kugera ku isoko.   Gahunda yo gutanga inka 73 mu mirenge 9 y’akarere ka gatsibo yatumye akarere kagira inka zigera ku bihumbi 78 zitanga umukamo w’amata ungana na litiro 34 000, amenshi akoreshwa mu ngo n’abaturage kuko agera kuri litiro 6000 [...]

Rwanda | Gatsibo ifite inka nyinshi ariko aborozi bafite biogas baracyari bake

Rwanda | Gatsibo ifite inka nyinshi

Ikibazo cyo kuba akarere ka Gatsibo gafite inka nyinshi ariko zifitwe n’aborozi bake kiri mubituma no gukoresha ingufu za biogas bitagerwaho nkuko gahunda ya leta ibiteganya cyane ko aka karere kabarirwa kugira inka nyinshi zigera 75 556 ariko abazifite umubare ukaba ari muto. Mu kiganiro Habarurema Isae umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere yagejeje kubayobozi [...]

Rwanda | Burera: Gira Inka ikomeje kugera kuri benshi

tariki ya 31/03/2012 abaturage batishoboye bo mu mirenge itandatu yo mu karere ka Burera bahawe inka muri gahunda ya Gira Inka Munyarwanda. Izo nka zigera kuri 50 zatanzwe n’akarere ka Burera. Zikaba zaraguzwe mu baturage n’ubundi batuye muri iyo mirenge yavuye mo abahawe inka. Bamwe mu bahawe inka bishimiye icyo gikorwa, bashimira perezida w’u Rwanda [...]

Rwanda | Gukingira indwara ya New Castle bizagabanya igihombo kuborozi b’inkoko

Rwanda | Gukingira indwara ya New Castle

Uburwayi bw’inkoko bwajyaga bukunda guhitana inkoko zitari nke cyane cyane mu gihe cy’izuba. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi RAB cyashyizeho umushinga wo gukingira inkoko zo mu gihugu hose. Abaturage bizeye ko nta gihombo kizongera kugaragara mu bworozi bw’inkoko. Ku biro by’umurenge wa Gacurabwenge ni hamwe hakorerwa igikorwa cyo gukingira inkoko. Abaturage bazana inkoko zabo ndetse [...]