Rwanda : Kirehe-Bigejeje kuri byinshi kubera umwuga w’ubuvumvu

Abanyamuryango bibumbiye muri koperative y’aborozi b’inzuki   Kirehe (KOPAKI) yo mu ntara y’iburasirazuba baratangaza ko umwuga w’ubworozi bw’inzuki atari umwihariko w’abagabo gusa ahubwo nabagore bagomba gukangukira gukora uyu mwuga kuko umaze kubageza kuri byinshi. Mu gihe cyashize mu Rwanda wasangaga umwuga wo korora inzuki uzwi ku izina ry’ubuvumvu warakorwaga n’abagabo gusa. kuri ubu rero siko bimeze [...]

Rwanda | Muhanga: Bazanye uburyo bushya bwo kurindisha inka ntibuzigireho ingaruka mbi

Muhanga Abaveterineri n’abandi babyigiye bagiye kwibumbira hamwe ngo bazamure ubworozi

Dr Ferdinand Bizimana, umukozi ushinzwe ubworozi mu karere ka Muhanga avuga ko bagiye gutangiza uburyo bushya bwo kurindisha inka butarigera bukoreshwa ahandi mu turere tw’u Rwanda. Ubu buryo bushya ngo ni uburyo bwo gukoresha ikimasa cyabugenewe mu kurindisha inka gusa ariko kitazimya. Bizimana avuga ko iki kimasa kizategurwa bayobya inkaka yayo kugirango igihe kigiye kurira [...]

Rwanda | Muhanga: Abaveterineri n’abandi babyigiye bagiye kwibumbira hamwe ngo bazamure ubworozi

Muhanga Abaveterineri n’abandi babyigiye bagiye kwibumbira hamwe ngo bazamure ubworozi

Abakora akazi k’ubuveterineri mu mirenge igize akarere ka Muhanga, abikorere ndetse n’abize uyu mwuga ariko batarabona akazi bishyize hamwe mu rwego rwo kuwuzamurana no kuzamura umwuga w’ubworozi muri aka karere. Ushinzwe ubworozi mu karere ka Muhanga, Dr Ferdinand Bizimana avuga ko bahisemo kwibumbira muri koperative imwe mu rwego rwo kugabanya no kurwanya burundu amakosa akorwa [...]

Rwanda | Muhanga: Ibibazo by’abafatanyabikorwa byatumye ubworozi bw’inka bucumbagira

Rwanda | Muhanga Ibibazo

Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga buratangaza ko bwagiye bugira ibibazo binyuranye biturutse ahanini ku bafatanyabikorwa babo, bituma ubworozi bw’inka muri aka karere butagenda nk’uko bari barabihize. Umukozi w’akarere ka Muhanga ushinzwe ubworozi Dr Ferdinand Bizimana avuga ko bari barahize ko uyu mwaka bazazana inka 1002 bazoroza abaturage ariko ngo magingo aya bamaze kuboroza inka 790 gusa. [...]

Rwanda | Ingurube iri hafi kubyara igomba gushyirwa ahantu hatuje

Ingurube iri hafi kubyara

Mu kiganiro nushinzwe ubworozi mu karere ka Gicumbi Gashirabake Isidore avuga ko umworozi agomba gufata ingurube mu cyumweru 1 mbere yo kubwagura akayitandukanya n’izindi, kugira ngo ibashe kubona umutekano uhagije. Agira ati “cyo gihe  cy’iminsi 7 igomba kuyimara yumva iruhutse kandi ituje, naho mu gije itabonye ahantu ibasha gutuza cyangwa igashushubikanywa muri icyo gihe yenda [...]

Rwanda | Veterineri wa mbere w’inka ni nyirayo akaba n’umushumba wayo-Murayire

tariki ya 10/5/2012 mu murenge wa Kirehe ho mu karere ka Kirehe bamwe mu baturage bahawe inka muri gahunda ya girinka n’ubudehe bituye abandi baturage batari bagerwaho n’iyi gahunda ngo ni mu rwego rwo guha inka buri munyarwanda wese. Nkuko umuyobozi w’umurenge wa Kirehe Nsengiyumva Appolinaire yabivuze ngo iyi ni gahunda yatangijwe yo guha inka [...]

Rwanda | Amababi ya Leacaena tea ibiryo by’inyongera ku nka

Amababi ya Leacaena

Amababi y’igihingwa cya leucaena yifashishwa mu gutegura icyayi’ cy’imvange, gishobora gukoreshwa nk’ibiryo by’inyongera bya buri munsi ku nka, cyangwa nk’imiti ku matungo yacitse intege cyane. Ushinzwe ubworozi mu karere ka Bugesera veterineri Kayitankore Leonidas avuga ko ibi byakozwe n’umworozi witwa Baraka w’i Molo mu gihugu cya Kenya ku nka ikuze ariko itari inyana mu myaka [...]

Rwanda | Rusiga – Yahagaritse ubwarimu ajya korora inkoko

Rusiga - Yahagaritse ubwarimu

Theophile Mushimiyima utuye mu murenge wa Rusiga akarere ka Rulindo avuga ko  yabashije kwiteza imbere mu myaka ine amaze yorora inkoko, umwuga yatangiye nyuma yo guhagarika akazi yakoraga ko kwigisha. Mushimiyimana uri mu kigero cy’ imyaka 35, avuga ko kuri ubu amaze kwiyubakira inzu ifite agaciro ka miliyoni 25, ndetse akaba afite imodoka ifite agaciro [...]

Rwanda : Si byiza gufumbira ibyuzi by’amafi cyane

Rwanda Ibyuzi by’amafi bikunze gushyirwamo ifumbire

Ibyuzi by’amafi bikunze gushyirwamo ifumbire Nubwo amafi akenera ifumbire ikomoka ku matungo rimwe na rimwe kugira ngo ashobore kubona ibyo arya, iyo fumbire ishobora kuba intandaro yo guhumanya ya mazi, bityo amafi yororewemo akabura aho guhumekera. Ushinzwe ubuhinzi mu karere ka Bugesera Agronome Nkikabahizi Jean de Dieu avuga ko gufumbira ibiyaga, ibidendezi, imigezi n’ahandi hororerwa [...]

Muko –inka 416 nizo zakingiwe indwara y ubutaka

Muko –inka 416 nizo

  Umuganga w’amatungo ari gukingira inka Mu Kagari ka Ngange umurenge wa Muko mu karere ka Gicumbi kuri uyu wa 8 Gashyantare 2012 hakingiwe inka 416 indwara y’ubutaka. Nk’uko bitangazwa n’umuganga w’amatungo mu murenge wa Muko Uwimana Jean Damascene avuga ko gukingira iyi ndwara ari ukurinda amatungo ari muri uwo murenge ndetse no muyindi mirenge [...]