Gatsibo: Aborozi barasabwa gufatanya n’ubuyobozi mu kurwanya indwara y’uburenge

Aborozi barasabwa gufatanya n’ubuyobozi mu kurwanya indwara y’uburenge

Aborozi b’inka bo mu Karere ka Gatsibo barakangurirwa gufatanya n’ubuyobozi mu kurwanya indwara y’uburenge yibasiye amatungo y’inka muri aka Karere, kuko ishobora gutera igihombo gikomeye ku rwego rw’ubukungu. Ikibazo cy’iyi ndwara giteye impungenge aborozi n’ubuyobozi muri rusange, nk’uko bitangazwa na Nsigayehe Erneste ushinzwe ubuvuzi bw’amatungo mu Karere ka Gatsibo. Ubwo yaganiraga na kigalitoday yayitangarije ko [...]

Izindi ndwara zifata inka, ibimenyetso byazo n’uburyo aborozi bazirinda

Izindi ndwara zifata

Ita ku nka yawe uyirinda indwara izaguha umusaruro   Indwara zifata inka ni nyinshi nk’uko twabibatangarije mu nkuru yacu ibanza, reka dukomeze tubabwira izindi ndwara zikunze kwibasira inka n’uko zakwirindwa.   Ruhaha, ifata inka nkuru n’inyana. Irangwa no kugira umuriro mwinshi (42oC0, guta urukonda, guhumeka nabi, umutima ugatera cyane, kutabasha kugenda, kubabara mu nda, kubyimba [...]

Gakenke : Inka z’inzungu zisaba kwitabwaho kugira ngo zitange umusaruro

Gakenke Inka

Nk’uko Nzarora Jean Luc umwe mu borozi  ba kijyambere bo mu Murenge wa Gakenke mu Karere ka Gakenke  yadutangarije kuri uyu wa kane tariki ya 02/02/2012 ngo kugira ngo inka y’inzungu itange umusaruro ni ngombwa kwitabwaho cyane. Inka z’inzungu zitabwaho zivurwa indwara y’ibirondwe n’indwara y’ifumbi ikunda kwibasira inka zihaka cyangwa zikamwa.  Nk’uko ibirondwe bishobora kwica [...]

Improved cattle breeds a great source of wealth

Improved cattle breeds

  Photo: Improved cow breed   According to a booklet describing how to raise cattle, rearing improved cattle in Rwanda seems to be expensive but gives a good turn to the farmer. Cattle keeping in Rwanda started a long time ago and it was and is still greatly valued as a source of wealth.   [...]

Nyamagabe: A cow saved her life

Nyamagabe A cow saved

  Photo: Mukansigaye feeding her cows Mukansigaye Jenerose from Cyanika sector Nyamagabe district says from the moment First Lady Jeannette Kagame gave her a cow, her life has gradually changed and now she feels rejuvenated. She got the cow in June 2011 when Rwanda’s First Lady donated 18 cows in Rugogwe village to widows who [...]

Inka zorowe neza mu buryo bwa kijyambere zitanga umusaruro

Inka zorowe neza mu

  Korora inka ku buryo bwa kijyambere bisaba byinshi ariko na none bizanira umworozi umusaruro ushimishije.   Bimwe mu byo twabakusanyirije mu gitabo cy’imfashanyigisho ku bworozi bwa kijyambere “Ubworozi bwa kijyambere”birerekana uko uworoye inka agomba kwitwara, ibyo agomba kuba yujuje n’uburyo yakurikirana inka ngo yororoke neza. Inka nk’itungo ryatangiye kororwa kera mu Rwanda ifatwa nk’ingirakamaro [...]

Zimwe mu ndwara z inka, ibimenyetso n uko zirwanywa

Zimwe mu ndwara

Mworozi rinda inka yawe indwara   Zimwe mu ndwara zikunze gufata inka harimo inzoka zifata inka nkuru ndetse n’inyana. Zirangwa n’uko inka ibyimba inda, idakura neza, guhitwa, kunanuka, gukorora no guhinduriza ubwoya. Zimwe mu ngamba zo kuyirwanya ni uguha inka imiti y’inzoka nka Niliza ndetse no kororera mu biraro.   Ikibagarira ni indwara ifata inyana [...]

Nyamagabe: inka nazo zashyiriweho gahunda y’ubwisungane mu kwivuza

Nyamagabe inka nazo

Mu murenge wa Cyanika mu karere ka Nyamagabe hatangijwe gahunda y’ubwishingizi bw’inka, aho umuturage atanga amafaranga 2000 muri koperative maze inka ye yarwara akoroherezwa kubona imiti. Aborozi bo muri uyu murenge bavuga ko ubu buryo bubafasha cyane kuko hari igihe umuntu atungurwa inka ye ikarwara nta kintu afite ku mufuka agahita anyarukira muri koperative akagaragaza [...]

Inka 69 zahawe abatishoboye mu Mirenge itandukanye mu Karere ka Nyabihu

Inka 69 zahawe abatishoboye mu

Nyuma yo gutanga inka 69 zahawe abaturage batishoboye baturuka mu mirenge ya Jenda, Bigogwe na Mukamira, mu Karere ka Nyabihu, izi nka zose zatanzwe muri gahunda ya Girinka izindi zitangwa n’umuryango Compassion Internationale zikaba zahawe abatishoboye batari basanzwe batunze inka. Mu nka 69 zatanzwe zigahabwa abakene mu batari basanzwe boroye mu Mirenge itandukanye igize akarere [...]

Inka zitangwa muri gahunda ya Girinka ntabwo ari izibonetse zose

Inka zitangwa muri gahunda ya

          Inka zigiye guhabwa abakene muri gahunda ya Girinka si izibonetse zose ngo ahubwo ziba ari inka nziza kandi zabanje gufatwa amaraso ngo barebe niba zifite ubuzima bwiza bityo zizatangwe nta nenge kandi n’abo zihawe zizabagirire akamaro zororoke nabo babone uko bitura abandi. Aya ni amagambo yatangajwe na Veterineri mu Karere [...]