Rwanda | Nyabihu: Bitabiriye kwitura bagenzi babo bituma barenza inka bari biyemeje gutanga

Nyabihu Bitabiriye kwitura

Nk’uko twabitangarijwe na Shingiro Eugene ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu kuri uyu wa 25/06/2012,mu karere ka Nyabihu mu rwego rw’ubworozi bari biyemeje mu muhigo ko bazoroza abatishoboye inka 500 muri gahunda ya Girinka,ariko izi nka zaje kurenga ku buryo inka zorojwe zageze kuri 721. Nk’uko Shingiro Eugene yabigarutseho,ngo icyatumye besa umuhigo wabo ku buryo [...]

Rwanda | Veterineri wa mbere w’inka ni nyirayo akaba n’umushumba wayo-Murayire

tariki ya 10/5/2012 mu murenge wa Kirehe ho mu karere ka Kirehe bamwe mu baturage bahawe inka muri gahunda ya girinka n’ubudehe bituye abandi baturage batari bagerwaho n’iyi gahunda ngo ni mu rwego rwo guha inka buri munyarwanda wese. Nkuko umuyobozi w’umurenge wa Kirehe Nsengiyumva Appolinaire yabivuze ngo iyi ni gahunda yatangijwe yo guha inka [...]

Rwanda | Ibikorwa byo kuremera abakene birakomeje mu karere ka Nyabihu

Rwanda | Ibikorwa byo kuremera

Mu rwego rwo kubafasha kwikura mu bukene no kurushaho kubafasha  gukora imyuga yabo y’ubuhinzi n’ubworozi ,mu karere ka Nyabihu kuri uyu wa 20/04/2012 hatanzwe inka 48 harimo 13 zahawe abacitse ku icumu rya Jenoside muri gahunda ya Girinka ndetse na 35 zahawe abakene mu rwego  rwo kubafasha kwizamura. Izo nka zatanzwe mu mirenge  5 igize [...]

Rwanda : Indwara y’ubutaka yarahagurukiwe

Rwanda Indwara y’ubutaka

Mu rwego rwo kurwanya indwara y’ubutaka ikunze kwibasira inka, mu karere ka Nyabihu kuri uyu wa 19 Mata batangiye gahunda yo gukingira inka indwara y’ubutaka”Cahrbon”. Iki gikorwa kugeza ubu kikaba kiri kubera mu murenge wa Mukamira, Bigogwe na Kabatwa  bikaba biteganyijwe ko kizakorwa mu karere kose nk’uko Shingiro Eugene ushinzwe ubworozi mu Karere ka Nyabihu [...]

Rwanda | Nyabihu: Inka 10 nizo zazituriwe abaturage mu murenge wa Kintobo

Rwanda | Nyabihu Inka 10 nizo zazituriwe

Inka 10 nizo zazituwe mu murenge wa Kintobo zitangwa n’abari barazorojwe muri gahunda ya Girinka. Iki gikorwa kikaba cyarabaye nyuma y’aho izi nka zitangiye umusaruro ku bazihawe zikabyara, Nibwo  abazihawe muri gahunda ya Girinka bafashe gahunda yo kuziturira bagenzi babo  b’abakene 10 kugira ngo nabo babashe kwikura mu bukene no kwiteza imbere. Nk’uko ushinzwe ubworozi [...]

Rwanda | Gatsibo ifite inka nyinshi ariko aborozi bafite biogas baracyari bake

Rwanda | Gatsibo ifite inka nyinshi

Ikibazo cyo kuba akarere ka Gatsibo gafite inka nyinshi ariko zifitwe n’aborozi bake kiri mubituma no gukoresha ingufu za biogas bitagerwaho nkuko gahunda ya leta ibiteganya cyane ko aka karere kabarirwa kugira inka nyinshi zigera 75 556 ariko abazifite umubare ukaba ari muto. Mu kiganiro Habarurema Isae umuyobozi w’akarere wungirije ushinzwe ubukungu n’iterambere yagejeje kubayobozi [...]

Rwanda | Burera: Gira Inka ikomeje kugera kuri benshi

tariki ya 31/03/2012 abaturage batishoboye bo mu mirenge itandatu yo mu karere ka Burera bahawe inka muri gahunda ya Gira Inka Munyarwanda. Izo nka zigera kuri 50 zatanzwe n’akarere ka Burera. Zikaba zaraguzwe mu baturage n’ubundi batuye muri iyo mirenge yavuye mo abahawe inka. Bamwe mu bahawe inka bishimiye icyo gikorwa, bashimira perezida w’u Rwanda [...]

Kiramuruzi inka zatanzwe zarituwe

Kiramuruzi inka zatanzwe

  Abaturage bo mu murenge wa Kiramuruzi akarere ka Gatsibo bahawe inka muri gahunda ya girinka n’ubudehe  bashoboye kwitura inka 117 bari barahawe.   Gahunda ya girinka itangira abaturage 600 bo mu murenge wa Kiramuruzi nibo babonye inka ariko ubu bamaze kugera ku 1000 kubera bagenda borozanya bakaniturana.   Tariki 27/02/2012, hituwe inka zivuye mu [...]

Rwanda | Inka 15 za Girinka zatewe intanga mu murenge wa Mukamira

Rwanda : Inka zo muri gahunda ga Girinka zikomeje guterwa intanga

  Inka zo muri gahunda ga Girinka zikomeje guterwa intanga Muri gahunda y’igihugu yo gutera inka intanga, mu Karere ka Nyabihu ntibasigaye inyuma. Mu mirenge uko ari 12 ikagize Veterineri w’akarere afatanije n’ab’imirenge bari mu gikorwa cyo gutera inka intanga bibanda cyane ku nka zatanzwe muri gahunda ya Girinka aho inka yahawe umuturage itererwa intanga [...]

Rwanda | Bugesera: Umuturage uhawe inka arasabwa kuyibyaza umusaruro

Bugesera Umuturage

Umwe mu bahawe inka yo korora Umuturage uhawe inka arasabwa kuyibyaza umusaruro kugira ngo imufashe kwihuta mu kwiteza imbere. Ibyo abaturage bo mu mirenge ya Ruhuha na Mareba babisabwe n’umuyobozi w’Akarere ka Bugesera mu birori byo kuboroza inka 80 muri gahunda ya girinka munyarwanda. Umuyobozi w’akarere ka Bugesera Rwagaju Louis yasabye ko umuturage uhawe inka [...]