
Dr Ferdinand Bizimana, umukozi ushinzwe ubworozi mu karere ka Muhanga avuga ko bagiye gutangiza uburyo bushya bwo kurindisha inka butarigera bukoreshwa ahandi mu turere tw’u Rwanda. Ubu buryo bushya ngo ni uburyo bwo gukoresha ikimasa cyabugenewe mu kurindisha inka gusa ariko kitazimya. Bizimana avuga ko iki kimasa kizategurwa bayobya inkaka yayo kugirango igihe kigiye kurira [...]





Follow Us!
By PDGACO payday loans