Rwanda | HUYE: AMATA ACURURIZWA MURI CENTRE YA ARETE-NYANZA AGIYE KONGERERWA AGACIRO

HUYE: AMATA ACURURIZWA MURI CENTRE YA ARETE-NYANZA AGIYE KONGERERWA AGACIRO

Abacuruza amata bo muri centre ya Arete-Nyanza iherereye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Huye, ihuza abanyamuryango bagera kuri 12 bibumbiye muri koperative KIDACO bisobanuye mu rurimi rw’icyongereza Kinazi Dairy Cooperative ngo bagiye kongerera agaciro umukamo w’amata agurishwa banayashyire muri emballage. Iki gikorwa cyo kongerera agaciro umukamo w’amata kizakorwa kubufatanye bwa koperetive KIDACO n’abafatanyabikorwa [...]

Rwanda : Korora inkwavu bisaba kuzitaho cyane kuko zipfa ubusa

Kororainkwavubisabakuzitahocyanekukozipfaubusa

Inkwavu zizirana n’ubukonje haba mu byo zirya n’aho ziba. Ku bw’iyo mpamvu umworozi wa zo aba agomba kuzubakira akazu kari mu kirere, ndetse n’ubwatsi agiye kuzigaburira akabanza kubushyira ku kazuba ngo buvemo urume. Iyo inkwavu zihuye n’ubukonje zihita zirwara ubujanja, maze zigasubira inyuma mu mikurire ya zo, kuko ziba zitabasha kurya. Ibyo bikaba bishobora kuziviramo [...]

Rwanda | RUSIZI: ibikorwa byo kuroba byabaye bihagaritswe mu kiyaga cya Kivu

RUSIZI ibikorwabyokurobabyabayebihagaritswemu kiyagacya Kivu

Kuva tariki ya 29 Nyakanga 2012, Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi, Bwabaye buhagaritse ibikorwa by’uburobyi mu kiyaga cya Kivu. Nkuko byatangajwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi, wungirije ushinzwe Ubukungu Bwana Marcel Habyarimana, ngo impamvu y’iryo hagarikwa ni ukugira ngo umusaruro ubashe kwiyongera kuko bikomeje kugaragara ko wagabanutse cyane. Ibyo bikaba byatangarijwe mu nama yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka [...]

Rwanda | Nyamasheke: Abari batunzwe n’uburobyi gusa bazahabwa inguzanyo bazishyura igihe imirimo izaba yongeye gusubukurwa.

Rwanda | Nyamasheke Abari

Nyuma y’aho ubuyobozi bw’Intara y’Uburengerazuba n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi (RAB) bufatiye icyemezo cyo guhagarika uburobyi bwakorwaga mu kiyaga cya kivu cyose kuva tariki 29/07/2012 kugeza tariki 02/10/2012, abaturage bari basanzwe batunzwe n’uburobyi baratangaza ko ubuzima butazaborohera. N’ubwo abaturage basanzwe bakora akazi ko kuroba ndetse n’abakora ubucuruzi bw’umusaruro uturuka mu kiyaga cya kivu bavuga ko ari [...]

Rwanda : Imashini irarira amagi ituma umworozi abona umusaruro mwinshi mu gihe gito

Imashini irarira amagi ituma umworozi abona umusaruro mwinshi mu gihe gito

Abagize koperative Abadahemuka itubura umusaruro w’inkoko mu kagari ka Nyagatovu mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza, bavuga ko gukoresha imashini zirarira amagi mu bworozi bw’inkonko, ari uburyo bwiza butuma umworozi abona umusaruro mwinshi w’ibikomoka ku bworozi bw’inkoko kandi ukaboneka mu gihe gito. Uwicyeza Vestine, umwe mu bagize iyo koperative, avuga ko imashini ishobora [...]

Rwanda | Muhanga: Bazanye uburyo bushya bwo kurindisha inka ntibuzigireho ingaruka mbi

Muhanga Abaveterineri n’abandi babyigiye bagiye kwibumbira hamwe ngo bazamure ubworozi

Dr Ferdinand Bizimana, umukozi ushinzwe ubworozi mu karere ka Muhanga avuga ko bagiye gutangiza uburyo bushya bwo kurindisha inka butarigera bukoreshwa ahandi mu turere tw’u Rwanda. Ubu buryo bushya ngo ni uburyo bwo gukoresha ikimasa cyabugenewe mu kurindisha inka gusa ariko kitazimya. Bizimana avuga ko iki kimasa kizategurwa bayobya inkaka yayo kugirango igihe kigiye kurira [...]

Rwanda : Umworozi bw inkoko uhereye ku mishwi busaba byinshi kandi umworozi agomba kumenya uko yabona imishwi yizewe

Umworozi bw’inkoko uhereye

Korora inkoko z’imishwi bisaba byinshi ariko kandi binasaba imishwi myiza yizewe kandi  uburyo bwo kuyibona burashoboka ku borozi Ubworozi bw’inkoko busaba ubwitonzi kandi busaba gukurikiza amabwiriza y’ubworozi akunze gutangwa n’abashinzwe ubworozi mu bice bitandukanye mu Rwanda ndetse by’umwihariko n’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda RAB.  Korora inkoko uhereye ku mishwi ni ukuvuga [...]

Rwanda | Muhanga: Ibibazo by’abafatanyabikorwa byatumye ubworozi bw’inka bucumbagira

Rwanda | Muhanga Ibibazo

Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga buratangaza ko bwagiye bugira ibibazo binyuranye biturutse ahanini ku bafatanyabikorwa babo, bituma ubworozi bw’inka muri aka karere butagenda nk’uko bari barabihize. Umukozi w’akarere ka Muhanga ushinzwe ubworozi Dr Ferdinand Bizimana avuga ko bari barahize ko uyu mwaka bazazana inka 1002 bazoroza abaturage ariko ngo magingo aya bamaze kuboroza inka 790 gusa. [...]

Rwanda : Rutsiro: Hagiye gutangizwa umushinga wo kubyaza umusaruro ubwoya bw’intama.

Rwanda | Rutsiro Hagiye gutangizwa

Akarere ka Rutsiro ni kamwe mu turere tugize intara y’iburengerazuba, usanga kagaragaramo intama nyinshi kandi zifite ubwoya bwinshi.Ibi bikaba biterwa ahanini nuko uduce twinshi tw’aka karere duherereye ku butumburuke buhanitse. Kubera umubare munini w’intama zororwa mu karere ka Rutsiro, ibi ngo bituma inyama y’intama ifatwa nk’ikiribwa cy’ibanze kubaturage bo muri aka karere.Gusa ariko ngo kuba [...]

Rwanda | Mu Rwanda hagiye gushyirwaho abajyanama b’ubuzima bw’amatungo

Mu Rwanda hagiye

Leta y’u Rwanda iratangaza ko igiye gushyiraho urwego rw’abajyanama b’ubuzima bw’amatungo, hagamijwe guteza imbere ubworozi n’ubukungu bw’Abanyarwanda muri rusange, cyane cyane hakumirwa indwara no gufata nabi amatungo bigatuma adatanga umusaruro ukwiye.   Ibi byatangajwe n’umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere ry’Abahinzi n’Aborozi mu Rwanda RAB, madamu Christine Kanyandekwe mu nama minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yagiranye [...]