Nyabihu: Hafashwe ingamba mu rwego rwo guteza imbere ubworozi bw’inzuki n’inkoko

Ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu, avuga ko hafashwe ingamba ngo ubworozi bw’inzuki n’inkoko buzamuke

Akarere ka Nyabihu ni akarere gateye imbere mu bworozi cyane cyane ubw’inka,ku buryo ubu habarirwa inka zisaga ibihumbi 40. Ibi ahanini bikaba binaterwa n’uko muri aka karere habarizwa inzuri zororerwamo inka muri Gishwati. Uretse izo nzuri,n’abaturage ubwabo bitabira ubworozi butandukanye, cyane ubw’inka n’intama.Gusa muri aka karere hakorerwa n’ubworozi bw’amatungo magufi nk’ihene ,inkoko, amafi n’inzuki. Muri [...]

Kamonyi: Ubworozi bw’inkoko bwitaweho, butanga umusaruro ushimishije

Ubworozi bw’inkoko bwitaweho

Mu kigo cy’ubworozi bw’inkoko cy’abashoramari bishyize hamwe cyitwa BICHIF (Bishenyi Chicken Farm), kiri muri Bishenyi ho mu murenge wa Runda, kirimo  inkoko zitanga inyama zigera ku bihumbi 10. Izi nkoko zizanwa ari imishwi igurirwa mu gihugu cya Uganda, bakazitaho zamara gukura bakagurisha inyama. Nk’uko umukozi ushinzwe kuzikurikirana, abitangaza, ngo korora inkoko bisaba kuzihozaho ijisho, kuko [...]

Amaze kugera kuri byinshi abikesha ubworozi bw’inkoko

Amaze kugera kuri byinshi abikesha ubworozi bw’inkoko

Uwitwa Mushimiyimana Théophile utuye mu Karere ka Rurindo ahitwa mu Kinini ni we umaze kugera kuri byinshi abikesha ubworozi bw’inkoko. Mbere yari umwarimu, none nyuma y’imyaka ine yiyemeje gukora ubworozi bw’inkoko nk’umwuga amaze gutera imbere. Inzu nziza Mushimiyimana yubatse aho mu Kinini, iri hafi y’ibiraro by’inkoko ze. Kuva ku gipangu kirimo ibiraro ugana kuri iyi [...]

Rwanda | Ubworozi: Inkoko itera ikenera ibiryo bivamo ibikoresho byo gukora igi

Ubworozi Inkoko itera ikenera ibiryo

Hari abantu usanga nyuma yo kwiyemeza korora inkoko zitanga amagi, bagera aho bakabireka kuko ngo zidatanga umusaruro wari witezwe. Ese ni iki kibuza inkoko gutera? Gaspard Uwimana, ushinzwe guteza imbere ubworozi mu ishami rya RAB rikorera mu Ntara y’amajyepfo arasobanura impamvu yabyo. Gaspard Uwimana aterura agira ati “ubundi inkoko twita inyarwanda akenshi ziba zidafungiye ahantu, [...]

RWANDA | GISAGARA: UBWOROZI BW’INKOKO NTIBUBOROHERA KUKO BADAFITE AMASHANYARAZI

UBWOROZI BW’INKOKO NTIBUBOROHERA KUKO BADAFITE AMASHANYARAZI

Ubusanzwe ubworozi bw’inkoko za kijyambere bugendana no kuba aho bukorerwa hari umuriro w’amashanyarazi maze igihe zikiri nto zigacanirwa. Abatuye umurenge wa Mugombwa mu karere ka Gisagara bo baravuga ko ubu bworozi bukibagora cyane kuko nta muriro w’amashanyarazi wari bwahagere, bagasaba ubuyobozi ko bwashyiramo imbaraga nabo bakawushyikira. Umurenge wa Mugombwa ni umwe mu mirenge itaragerwamo n’umuriro [...]

Gakenke District promotes Pig farming and Bee keeping

Gakenke District

The bees keeping and pig farming are to be promoted to develop people in Gakenke District, Ferdinand Mwumvaneza the in charge of farming in the district has said to executive secretaries of all sectors in the area. The other types of farming are already practiced in this district including cattle rearing, poultry where the eggs [...]

Rwanda | Gakenke: Ubworozi bw’inzuki n’ingurube burasabwa gutezwa imbere mu myaka itanu iri imbere

Umukozi ushinzwe ubworozi mu karere,  Mwumvaneza Ferdinand yasabye abanyamabanga nshingwabikorwa b’imirenge kongera imbaraga mu bworozi bw’inzuki n’ingurube mu mirenge bayobora  kugira ngo buhe abaturage amafaranga. Ubworozi bw’amatungo maremare n’amagufi burakorwa mu karere  aho,  ubworozi bw’inkoko n’inka bwateye imbere ku buryo amagi agurishwa mu Mujyi wa Kigali ndetse no mu mijyi ya Musanze na Rubavu. Icyakora, [...]

Rwanda : Zimwe mu ndwara umworozi w’inkoko agomba kwitondera zibuza inkoko gutanga umusaruro mwiza

Zimwe mu ndwara umworozi w’inkoko agomba kwitondera zibuza inkoko gutanga umusaruro mwiza

Umworozi w’inkoko agomba kuzigirira isuku kugira ngo zizatange umusaruro mwiza kandi zibe zirinzwe indwara  Inkoko ni itungo rikunze kororwa mu Rwanda. Ibi bikaba biterwa nuko ahanini aya matungo atarushya cyane aborozi nyamara akaba atanga umusaruro ushimishije iyo yitaweho. Mu bworozi bw’inkoko,umworozi asabwa kwitonda no kurwanya indwara zishobora kwibasira ubworozi bwe zikamuvutsa umusaruro yari yiteze. Ni [...]

Rwanda : Indwara ya Kokusidiyoze ( Coccidiose) ku nkoko itavuwe ishobora kwica 75% by’inkoko ziri hagati y’iminsi 10 n’amezi 3

Indwara ya Kokusidiyoze

Indwara ya Kokusidiyoze ni indwara imunga amara y’inkoko cyane izikiri nto kandi mbi cyane ku buryo izifashwe iyo zitavuwe zipfamo nyinshi. Irangwa n’uko ahanini inkoko ziyirwaye zihitwa amaraso zikanacika intege   Ubushize twarebeye hamwe indwara y’umusinziro ndetse na Gumboro ku nkoko n’uburyo umworozi yarinda inkoko ze izi ndwara hakiri kare. Muri make twabonye ko indwara [...]

Rwanda : Mworozi menya indwara ya Gumboro ku nkoko n’uko wayirinda

Rwanda | Mworozi menya indwara

Inkoko zikenera kororwa mu buryo bwiza,zikarindwa indwara zitandukanye kugira ngo zitange umusaruro mwiza Indwara ya Gumboro ni indwara ikunze gufata inkoko. Iyo igeze mu nkoko itera igihombo gikabije ku mworozi w ’inkoko, kuko ari indwara mbi cyane. Niyo mpamvu,umworozi w’inkoko agomba kuyimenya akameya n’uko yayirinda itaragera ku matungo ye. Gumboro ni ndwara ki? Ni indwara [...]