Nyabihu: Mu murenge wa Muringa harakekwa indwara y’uburenge ku nka

Nyabihu: Mu murenge wa Muringa harakekwa indwara y’uburenge ku nka

Umuyobozi w’akarere ka Nyabihu Twahirwa Abdoulatif,avuga ko ikibazo cy’indwara y’uburenge ikekwa mu murenge wa Muringa barimo kugikurikirana ngo bimenyekane ku buryo cyafatirwa ingamba vuba Umurenge wa Muringa ni umwe mu mirenge 12 igize akarere ka Nyabihu. Uyu murenge ukaba ukora kuri Gishwati ahabarirwa inzuri nyinshi zororerwamo inka nyinshi mu karere ka Nyabihu. ‘ Nyuma y’aho [...]

Burera: about 50.000 vulnerable families benefit from ‘One cow per family program’

Burera: about 50.000 vulnerable families benefit from ‘One cow per family program’

The mayor of Burera District Samuel Sembagare said that about 50.000 families of vulnerable people got a cow in the government’s programme of one “cow per family”. He added on saying that about 70.000 families in this district are supposed to get a cow in this pragramme which makes them remain with about 20.000 families [...]

Gatsibo: Indwara y’uburenge ngo yaba igiye gucika burundu

Amatungo yanduye yari yarashyizwe mu kato

Mu gihe hari hagiye gushira amezi hafi ane indwara y’uburenge yibasiye amatungo y’inka mu ntara y’iburasirazuba, guhera tariki ya 15 Gashyantare 2013 ngo nta nka izaba ikigaragaraho iyo ndwara mu turere twa Gatsibo, Nyagatare na Kayonza. Ibi ni ibyangajwe na Minisitiri w’Ubuhinzi n’Ubworozi Karibata Agnes mu nama Abayobozi bakuru b’igihugu, abaminisitiri, abayobozi b’intara, abayobozi b’uturere [...]

Aborozi bo mu karere ka Nyabihu barasabwa kutazerereza inka zabo ndetse no kuzijyana ku isoko zujuje ibyangombwa bisabwa

Aborozi bo mu karere ka Nyabihu barasabwa kwirinda kuzerereza inka zabo ndetse no kuzijyana ku isoko zujuje ibyabgombwa mu rwego rwo gukumira indwara

Akarere ka Nyabihu ni kamwe mu turere twiganjemo aborozinko mu duce twa Gishwati n’ahandi. Muri aka karere usanga ubworozi bw’inka buteye imbere ku buryo harimo no kubakwa ikaragiro  ry’amata mu murenge wa Mukamira,rizahuza uturere twa Nyabihu,Rutsiro,Musanze,Ngororero na Rubavu. Bitewe n’ubworozi bw’inka buteye imbere muri aka karere,aborozi bashishikarizwa ahanini kurushaho kwita ku mwuga wabo,bihatira guharanira icyatuma [...]

Rwanda : Indwara y’uburenge ikomeje guhangayikisha Akarere ka Nyagatare

NYAGATARE:Gushyiraho abantu bashinzwe kurinda no gukumira urujya n’uruza rw’amatungo ari mu mudugudu wagaragayemo indwara, kuwuzengurutsa ibidendezi by’umuti wica ubukoko no gukingira inka zose zegereye ako gace, ni zimwe mu ngamba zafatiwe mu nama nyunguranabitekerezo ku gukumira indwara y’uburenge yongeye kugaragara mu kagali ka Nyarupfubire ho mu murenge wa Rwimiyaga akarere ka Nyagatare,ikaba yahuje abahagarariye aborozi, [...]

Rwanda | Murundi: Abashumba baratungwa agatoki mu gukwirakwiza indwara y’uburenge

Murundi Abashumba

Abashumba bagira uruhare runini mu gukwirakwiza indwara y’uburenge nk’uko bivugwa na Rukwago Vincent, uhagarariye aborozi bo mu murenge wa Murundi mu karere ka Kayonza. Umurenge wa Murundi ni umwe mu mirenge yagaragayemo indwara y’uburenge mu ntara y’uburasirazuba. Abashumba nta cyo bitaho, n’iyo bumvise ko hari icyorezo cyateye mu nka nti bibabuza kuzizereza, bigatuma zanduzanya nk’uko [...]

Rwanda : AKarere ka Rulindo kagiye gutera intanga inka zatanzwe muri gahunda ya girinka kuva 2011 kugeza 2012.

AKarere ka Rulindo

Iki gikorwa ngo kikaba kireba inka zatanzwe muri gahunda ya girinka gusa, kuva mu mwaka w’2011-2012.Gusa ngo ntibyabuza ko umworozi waba afite inka yarinze yayizana nawe bakamuterera intanga ,ariko hagati aho ,ngo asabwa kwishyura ,mu gihe aborozi bafite inka zo muri gahunda ya girinka nta kiguzi basabwa. Abaveterineri mu mirenge igize akarere ka Rulindo,mu nama [...]

Rwanda | Burera: Kororera mu biraro byaciye amakimbirane mu baturage

Abaturage bo mu karere ka Burera batangaza ko gahunda yo kororera mu biraro yabazaniye ibyiza byinshi birimo gukuraho amakimbirane yakundaga kugaragara kubera ko aborozi baragiraga ku gasozi bakonesha imyaka y’abandi. Abo baturage bavuga ko mbere y’uko gahunda yo kororera mu biraro ishyirwa mu bikorwa, wasangaga abashumba baragira ku gasozi bakabura ubwatsi buhaza inka zabo kuburyo [...]

Rwanda | Nyabihu: Abahawe inka muri gahunda ya Girinka bari guhabwa ubwatsi buzabafasha mu kuzigaburira

Nyabihu Abahawe inka muri

Ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi RAB, akarere ka Nyabihu kahawe ubwatsi buzashyikirizwa abahawe inka muri gahunda ya Girinka kugirango buzabafashe kuzigaburira neza bityo zitange umusaruro mwiza,zibafashe kwikura mu bukene. Ubu bwatsi bwo mu bwoko bwa Mukuna n’ibinyamisogwe bigomba kugaburirwa amatungo bivanzwe n’ibinyampeke nk’uko ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu yabidutangarije. Mukuna [...]

Rwanda | Rulindo: We ngo yakwemera akaburara ariko inka ye ikarya.

Rwanda | Rulindo We ngo yakwemera

Kuva gahunda yo kororera mu biraro yatangira,usanga aborozi baba bashakisha aho bakwahira kugira ngo amatungo yabo abashe kurya. Bamwe mu  bahinzi borozi bo murenge wa Ngoma ho mu karere ka Rulindo  bavuga ko Ubworozi bwo kororera mu biraro ngo buvunanye, nyamara ariko bakanemeza ko ari bwo   bwiza ugereranije n’uko byari bimeze mbere. Icyiza cyo kororera [...]