Dairy farmers to benefit from USAID funding

01

At least 2,000 small-scale farmers in Eastern Province of Rwanda will be able to increase productivity of dairy products and income after the United States International Development (USAID) injected funds in the dairy activities. The agency has floated Rwf44 million (US$ 69,000), through the Eastern Region Genetic Improvement Cooperative (Eragic) which will be used to [...]

Rwanda | Kamonyi: Gukorana n’ikusanyirizo bizafasha aborozi kugurirwa amata ku giciro kijyanye n’ibyo bakorera inka

Gukorana n’ikusanyirizo

Mu gihe ahacururizwa amata usanga igiciro cya yo kiri hejuru, bamwe mu borozi b’inka bavuga ko abagemu baba bayaranguye ku giciro kidafite aho gihuriye n’imvune baba bagize. Abo borozi biyemeje gukorana n’ikusanyirizo akaba ari ryo rizajya ribafasha kugurisha umukamo. Nyuma y’amahugurwa y’iminsi ibiri, aborozi bo mu karere Kamonyi bashoje kuri uyu wa gatanu tariki 11/1/2013, [...]

Rwanda | RUSIZI: hagiye kubakwa uruganda rutunganya amata

Akarere ka Rusizi ku bufatanye n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi RAB n’umuryango Botar wo mu gihugu cya Ireland, bagiye kubakira amakopetarive y’ubworozi bw’ inka uruganda ruzajya rutunganya umusaruro w’amata aboneka mu turere twa Rusizi na Nyamasheke aho kuri uyu wa gatatu hasuwe ikibanza kizashyirwamo izo nyubako kiri mu murenge wa Giheke mu kagali ka [...]

Rwanda | Ngororero: Ikibazo cy’aborozi bo muri Muhanda baburaga aho bagurishiriza amata kigiye gukemuka

Ngororero Ikibazo cy’aborozi

Hashize igihe kitari gito abantu bafite ibikorwa by’ubworozi mu murenge wa Muhanda wo mu karere ka Ngororero cyane cyane abafite inzuri muri Gishwati no mu nkengero zayo, bavuga ko umusaruro w’amata ubapfira ubusa kubera kutagira isoko ryayo. Nkuko twabibagejejeho mu nkuru zatambutse, muri ako gace usanga amata agurishwa ku mafaranga makeya cyane, nk’aho akajerikani ka [...]

Rwanda | Rubavu : amata yo munjerekani atera igihombo abacuruzi n’abakora ibiyakomokaha nka fromages

Abacuruzi b’amata n’ibiyakomokaho mu karere ka Rubavu basaba akarere kwita ku isuku y’amata agemurwa mu majerekani, ibi bikaba bije nyuma yo kugaragazwa ko amata agemurwa mu njerekani atera igihombo abayacuruza kimwe n’abayakoramo fromages. Nkuko bitangazwa n’umwe muborozi, akaba n’umwe mubakora fromage mu karere ka Rubavu Ndori Samuel, avuga ko ubucuruzi bw’amata atwarwa mu njerekani bubatera [...]

Rwanda | Rubavu : amata yo munjerekani atera igihombo abacuruzi n’abakora ibiyakomokaha nka fromages

Abacuruzi b’amata n’ibiyakomokaho mu karere ka Rubavu basaba akarere kwita ku isuku y’amata agemurwa mu majerekani, ibi bikaba bije nyuma yo kugaragazwa ko amata agemurwa mu njerekani atera igihombo abayacuruza kimwe n’abayakoramo fromages. Nkuko bitangazwa n’umwe muborozi, akaba n’umwe mubakora fromage mu karere ka Rubavu Ndori Samuel, avuga ko ubucuruzi bw’amata atwarwa mu njerekani bubatera [...]

Rwanda : Abagemura amata mu ikusanyirizo rya Gicumbi barasabwa kugira isuku

Abagemura amata mu ikusanyirizo rya Gicumbi barasabwa kugira isuku

Ijerekani batwaramo amata ifite umwanda Mu rwego rwo kunoza imikorere myiza no kugira isuku aho bakusanyiriza amata mu karere ka Gicumbi, abahagemura ayo mata barasabwa kugira isuku ihagije. Ibi ni ibyatangajwe na muganga w’amatungo mu karere ka Gicumbi Gashirabake  Isdore kuri uyu wa 17/9/2012  aho asaba  abagemura n’abakora akazi gatandukanye kuri iryo kusanyirizo ry’amata mu [...]

Rwanda | HUYE: AMATA ACURURIZWA MURI CENTRE YA ARETE-NYANZA AGIYE KONGERERWA AGACIRO

HUYE: AMATA ACURURIZWA MURI CENTRE YA ARETE-NYANZA AGIYE KONGERERWA AGACIRO

Abacuruza amata bo muri centre ya Arete-Nyanza iherereye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Huye, ihuza abanyamuryango bagera kuri 12 bibumbiye muri koperative KIDACO bisobanuye mu rurimi rw’icyongereza Kinazi Dairy Cooperative ngo bagiye kongerera agaciro umukamo w’amata agurishwa banayashyire muri emballage. Iki gikorwa cyo kongerera agaciro umukamo w’amata kizakorwa kubufatanye bwa koperetive KIDACO n’abafatanyabikorwa [...]

Rwanda : Nyabihu: Abanyamuryango ba Mukamira Dairy bataratanga umugabane barasabwa kuwutanga byihuse mu rwego rwo kwihutisha ibikorwa

Nyabihu Abanyamuryango

Inama zitandukanye zagiye ziba ku birebana n’iyubakwa ry’ikaragiro rya Mukamira, ririmo kubakwa mu murenge wa Mukamira mu karere ka Nyabihu.  Imirimo yo kubaka iri karagiro igenda neza nk’uko ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu Shingiro Eugene yabidutangarije kuri uyu wa 22/08/2012. Nyuma y’inama yabaye muri uku kwezi kwa Kanama 2012, Igahuza abagize aho bahuriye n’ikaragiro [...]

Rwanda | Nyabihu : Nubwo ibikorwa byo kubaka Mukamira Dairy bigenda neza aborozi barasabwa kwihutira gutanga imigabane yabo isigaye isaga miliyoni 67

Nyabihu Nubwo ibikorwa

Ikaragiro rya Mukamira ririmo kubakwa mu Murenge wa Mukamira mu karere ka Nyabihu hafi ya Centre ya Mukamira. Iri karagiro rikaba ririmo kubakwa mu rwego rwo gukemura ikibazo cy’aho umusaruro w’amata uturuka mu turere twa Rubavu, Ngororero, Rutsiro, Musanze na Nyabihu watunganirizwa bityo bikazamura aborozi b’utwo turere bakarushaho kwiteza imbere dore ko byanagaragaye ko muri [...]