
Akarere ka Nyabihu ni akarere gateye imbere mu bworozi cyane cyane ubw’inka,ku buryo ubu habarirwa inka zisaga ibihumbi 40. Ibi ahanini bikaba binaterwa n’uko muri aka karere habarizwa inzuri zororerwamo inka muri Gishwati. Uretse izo nzuri,n’abaturage ubwabo bitabira ubworozi butandukanye, cyane ubw’inka n’intama.Gusa muri aka karere hakorerwa n’ubworozi bw’amatungo magufi nk’ihene ,inkoko, amafi n’inzuki. Muri [...]








Follow Us!