Ubuvumvu butanga umusaruro uruta uturuka ku nka

Bisanzwe bizwi ko inka ari ingirakamaro, haba mu gutanga amata, ifumbire ndetse n’inyama. Abatanga inama n’amahugurwa ku buryo ubuvumvu bw’umwuga bukorwa ndetse n’abavumvu bamaze kubigira umwuga, bavuga ko inyungu iva ku bworozi bw’inzuki iruta kure iva ku bw’inka. Umusaza Nduhura Asumani wo mu Karere ka Gatsibo, Umurenge wa Rugarama, ni umuvumvu wiyemeje kubigira umwuga, yifashishije [...]

Amaze kugera kuri byinshi abikesha ubworozi bw’inkoko

Amaze kugera kuri byinshi abikesha ubworozi bw’inkoko

Uwitwa Mushimiyimana Théophile utuye mu Karere ka Rurindo ahitwa mu Kinini ni we umaze kugera kuri byinshi abikesha ubworozi bw’inkoko. Mbere yari umwarimu, none nyuma y’imyaka ine yiyemeje gukora ubworozi bw’inkoko nk’umwuga amaze gutera imbere. Inzu nziza Mushimiyimana yubatse aho mu Kinini, iri hafi y’ibiraro by’inkoko ze. Kuva ku gipangu kirimo ibiraro ugana kuri iyi [...]

Rwanda: RAB to promote professional fish farming

RAB to promote professional fish farming

About 22 Rwandan fishers with big achievements than their fellows are on a three day training in Huye districting with effect from 21st January 2013 intending to become professional fishermen. This training was prepared by Rwanda Agriculture Board (RAB), the international organization of food and agriculture (FAO). Many at times, fishermen got trainings but is [...]

Rwanda : Baratozwa kuba aborozi b’amafi b’umwuga

Baratozwa kuba aborozi b’amafi b’umwuga

Aborozi b’amafi 22 b’Abanyarwanda bamaze kugera ku bikorwa nibura biruta iby’abandi, hamwe n’ababaherekeza muri uyu mwuga, guhera kuri uyu wa 21 Mutarama bateraniye i Huye mu mahugurwa y’iminsi itanu. Aya mahugurwa ngo bazayakuramo ubumenyi buzababashisha kuba aborozi b’amafi b’umwuga. Ubundi, Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, ku bufatanye n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku [...]

Rwanda : Poultry farming promoting Health workers Development

Poultry farming promoting Health workers Development

 Health advisors working with CUSP health center in Butare town that started the project two years ago have joined efforts and formed a cooperative for poultry farming in order to generate more income for their development. The 20 health workers who formed ‘Abitangirabandi’ cooperative started poultry farming and they intend to expand their project and [...]

Rwanda | Huye: Barateganya gutera imbere babikesha korora inkoko

Barateganya gutera imbere babikesha korora inkoko

Abajyanama b’ubuzima bakorana n’ikigo nderabuzima cya CUSP cyo mu mujyi wa Butare, Akarere ka Huye, ni bo bateganya gutera imbere babikesha umushinga w’ubworozi bw’inkoko batangiye mu mwaka wa 2010. Aba bajyanama b’ubuzima bagera kuri 20 bibumbiye muri koperative Abitangirabandi ni bo biyemeje korora inkoko, bakaba bateganya kuzagura umushinga wabo maze bakabasha kugera ku iterambere bifuza. [...]

Rwanda | Huye: Agiragitereka, ikusanyirizo ry’amata ry’i Rusatira ryabaye igisubizo

Rwanda : Huye Agiragitereka

Ikusanyirizo ry’amata ry’i Rusatira ho mu Karere ka Huye, ryubatswe n’amamakoperative y’abajyanama b’ubuzima bo muri aka Karere. Nyuma yo kuzuza inyubako ebyiri, harimo imwe yo kubikamo amata igihe ategereje abaguzi ndetse n’iyo kugurishirizamo ayo abakiriya batatwaye, ubu iri kusanyirizo rirakora neza. Amata iri kusanyirizo ryakira ni aturuka mu baturage bo muri aka gace k’amayaga dore [...]

Rwanda : Ibanga ryo kubona umusaruro mwinshi w’ubuki ni irihe ?

Ibanga ryo kubona umusaruro

Kuva kera hari Abanyarwanda bakoraga umwuga w’ubuvumvu. Uburyo bororagamo inzuki ariko ntibwabahaga umusaruro uhagije nk’utangwa n’ubuvumvu bwa kijyambere kuri iki gihe. Imizinga ya kijyambere na yo igira uko yitabwaho kugira ngo itange umusaruro uhagije. Barahira Jean de Dieu, umukozi wa ARDI, umuryango ukora imirimo myinshi harimo gufasha abavumvu, arabisobanura. Umuzinga gakondo ushobora kwera ubuki buri [...]

Rwanda : Umwuga w’ubuvumvu umuhemba miliyoni zigera kuri enye mu mwaka

Umwuga w’ubuvumvu

Uwingabire Patrick utuye mu  Kagari ka Nyakagezi, Umurenge wa Huye, Akarere ka Huye, ni we umaze gutezwa imbere n’umwuga w’ubuvumvu. Ari kumwe n’abandi banyamuryango 13 muri Koperative KOPEBAHU,  kandi bose umwuga biyemeje urabatunze. Uyu Uwingabire Patrick afite imizinga ya kijyambere 90. Ni yo akuramo ubuki butuma abasha kubona za amafaranga agera kuri miriyoni enye ku [...]

Rwanda : Intara y’Amajyepfo: Hatangijwe gahunda yo gukingira imbwa n’injangwe

Intore“ INGAMBURUZABUKENE” zahaweamahugurwakugacirok’Umuganda

Igikorwa cyo gukingira imbwa n’injangwe mu Ntara y’Amajyepfo cyatangirijwe mu Karere ka Huye kuri uyu wa 14 Nzeri,2012. Aboroye aya matungo mu Mirenge ya Tumba na Mukura ni bo bakingiriwe, iki gikorwa kikaba kizakomeza mu Mirenge yose ndetse no mu tundi Turere twose. Uwimana Gaspard ashinzwe ubworozi mu Ntara y’Amajyepfo. Yavuze ko buri mwaka haba [...]