Kayonza: Imishahara y’abaveterineri izava mu misoro akarere kinjiza

Kayonza: Imishahara y’abaveterineri izava mu misoro akarere kinjiza

Inama njyanama y’akarere ka Kayonza yemeje ko imishahara y’abaveterineri b’ako karere igiye kuzajya iva mu misoro kinjiza. Icyo cyemezo cyafatiwe mu nama idasanzwe y’inama njyanama yateranye tariki 08/03/2013 mu rwego rwo gusuzuma umushinga w’ingengo y’imari ivuguruye ya 2012/2013 y’akarere ka Kayonza. Ubusanzwe abaveterineri bahembwaga n’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi, RAB, ariko icyo kigo ngo ntikikibagenera imishahara. [...]

Kayonza: Amabagiro yose yongeye gukingura imiryango nyuma y’amezi akabakaba atanu afunze kubera indwara y’uburenge

Amabagiro yose yongeye

Amabagiro yo mu karere ka Kayonza yongeye gukingura imiryango nyuma y’igihe gikabakaba amezi atanu nta bagiro na rimwe rikora. Amabagiro yose yari yarafunzwe kubera ko akarere ka Kayonza kari kashyizwe mu kato ku bijyanye n’ubucuruzi bw’ibikomoka ku nka, bitewe n’uko kari kagaragayemo indwara y’uburenge. By’umwihariko inyama n’amata adatunganyije mu nganda ni byo byari bibujijwe gucuruzwa [...]

Rwanda | Murundi: Abashumba baratungwa agatoki mu gukwirakwiza indwara y’uburenge

Murundi Abashumba

Abashumba bagira uruhare runini mu gukwirakwiza indwara y’uburenge nk’uko bivugwa na Rukwago Vincent, uhagarariye aborozi bo mu murenge wa Murundi mu karere ka Kayonza. Umurenge wa Murundi ni umwe mu mirenge yagaragayemo indwara y’uburenge mu ntara y’uburasirazuba. Abashumba nta cyo bitaho, n’iyo bumvise ko hari icyorezo cyateye mu nka nti bibabuza kuzizereza, bigatuma zanduzanya nk’uko [...]

Rwanda | Kayonza: Inzuri zidatunganyije ntizizahabwa amazi muri gahunda yo kugeza amazi mu nzuri

Kayonza Inzuri zidatunganyije

Aborozi bafite inzuri zidatunganyije ngo ntibazagezwaho amazi mu nzuri za bo, mu gihe gahunda yo gukwirakwiza amazi mu nzuri izaba itangira nk’uko bivugwa na minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr. Agnes Kalibata. Aborozi bo mu ntara y’uburasirazuba no mu karere ka Kayonza by’umwihariko, bavuga ko imwe mu mbogamizi bahura na yo ituma ubworozi bwa bo budatera imbere [...]

Rwanda : “Gutunganya inzuri ni bumwe mu buryo bwo guhangana n’Inkurikizi (Tsetse)” – Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi

“Gutunganya inzuri ni bumwe

Minisitiri w’ubuhinzi n’ubworozi, Dr. Agnes Kalibata arasaba aborozi gutunganya inzuri zabo kuko ari bumwe mu buryo bwo guhangana n’isazi yitwa Inkurikizi (Tsetse) ikunze kwibasira inka. Aborozi bo mu karere ka Kayonza bavuga ko indwara y’Inkurikizi ari imwe mu zikunze gutuma batagera ku musaruro bifuza. Inka yarumwe n’Inkurikizi ngo icika ntege kandi ikananuka ku buryo iyo [...]

Rwanda: Kayonza farmers adopt modern ways to boost productivity

Rwanda | Kayonza farmers adopt

Farmers in Eastern province of Rwanda are to take care of their farms by fencing them to boost the production especially in animal husbandry says Odette Uwamariya the governor of Eastern Province. Governor Uwamariya said this after the dialogue that was directed by Stanislas Kamanzi the ministry of Natural Resources with the workers of Rwanda [...]

Rwanda | Kayonza: Aborozi barasabwa kuzitira inzuri kugira ngo umusaruro w’ibikomoka ku bworozi wiyongere

Rwanda | Kayonza Aborozi barasabwa

Guverineri w’intara y’uburasirazuba, Uwamariya Odette arasaba aborozi bo mu ntara y’uburasirazuba kuzitira inzuri zabo no kuzitunganya kugira ngo umusaruro w’ibikomoka ku bworozi bwabo urusheho kwiyongera.   Guverineri Uwamariya abitangaje nyuma y’ibiganiro minisitiri w’umutungo kamere, Stanislas Kamanzi n’abakozi b’ikigo gishinzwe guteza imbere umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi RAB bagiranye n’aborozi bo mu ntara y’uburasirazuba. Ibyo biganiro [...]

Rwanda : Imashini irarira amagi ituma umworozi abona umusaruro mwinshi mu gihe gito

Imashini irarira amagi ituma umworozi abona umusaruro mwinshi mu gihe gito

Abagize koperative Abadahemuka itubura umusaruro w’inkoko mu kagari ka Nyagatovu mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza, bavuga ko gukoresha imashini zirarira amagi mu bworozi bw’inkonko, ari uburyo bwiza butuma umworozi abona umusaruro mwinshi w’ibikomoka ku bworozi bw’inkoko kandi ukaboneka mu gihe gito. Uwicyeza Vestine, umwe mu bagize iyo koperative, avuga ko imashini ishobora [...]

Rwanda | Kayonza: Abafite inka bagiye gushishikarizwa kugabira abatazifite

Rwanda Kayonza Abafite inka bagiye

Umuyobozi w’akarere ka Kayonza Mugabo John aravuga ko abatunze inka muri ako karere bagiye gushishikarizwa kugabira abatazifite kugira ngo na bo babashe kwivana mu bukene. Raporo y’ubushakashatsi iherutse gushyirwa ahagaraga igaragaza uburyo abanyarwanda bivanye mu bukene [EICV3] yagaragaje ko intara y’uburasirazuba muri rusange ifite inka nyinshi, ariko izo nka zikaba zifitwe n’abantu bake. Ubu bushakashatsi [...]