Nyamagabe: 36 cows donated to vulnerable people

Nyamagabe: 36 cows donated to vulnerable people

Residents of Nyamagabe appreciated the government’s programme of “one cow per family” [Girinka], which has helped them develop in every aspect of life. This programmes that was started in 2006 has seen about 10.000 people in the district get cows which the residents say is a very big bond between the Rwandan government and its [...]

Nyamagabe: Koroza abatishoboye ngo ni igihango hagati ya leta n’abaturage.

Nyamagabe: Koroza abatishoboye ngo ni igihango hagati ya leta n’abaturage.

Imiryango igera ku bihumbi 10 mu karere ka Nyamagabe imaze guhabwa inka kuva mu mwaka wa 2006 ubwo gahunda ya “Girinka” yatangizwaga hagamijwe ko buri muryango utunga inka. Abaturage b’akarere ka Nyamagabe bavuga ko kuba leta ibagabira ari igihango baba bagiranye nayo. “Iyo umuntu yabaga yaraguhaye inka byabaga ari igihango gikomeye. Buriya rero natwe tubona [...]

Dairy farmers to benefit from USAID funding

01

At least 2,000 small-scale farmers in Eastern Province of Rwanda will be able to increase productivity of dairy products and income after the United States International Development (USAID) injected funds in the dairy activities. The agency has floated Rwf44 million (US$ 69,000), through the Eastern Region Genetic Improvement Cooperative (Eragic) which will be used to [...]

Ubworozi bw’amatungo magufi bwitaweho kuko butanga umusaruro wihuse

Ubworozi bw’amatungo magufi bwitaweho kuko butanga umusaruro wihuse

Mu gihe hari hamenyerewe gahunda ya Gira inka, igamije ko buri rugo rutunga inka, kuri ubu imiryango itandukanye iragabira abatishoboye amatungo magufi cyane cyane ihene n’ingurube. Abahanga mu bworozi bakaba bavuga ko amatungo magufi ariyo atanga umusaruro wihuse. Mu kiganiro n’umukozi ushinzwe ubworozi mu murenge wa Gacurabwenge Mujejimana Prudence, atangaza ko korora amatungo magufi byoroha [...]

Kuzamura umukamo no kongera ubwiza bwawo

NYAGATARE-Mu rwego rwo kuzamura umukamo n’ireme ryawo, mu karere ka Nyagatare umushinga Land’O Lakes watangije igikorwa  cyo gutera inka intanga, hibandwa ku  izo mu bwoko butanga umukamo mwinshi. Iki gikorwa kikazibanda ku nka zatanzwe muri gahunda ya Girinka hagamijwe gufasha abadafite ubushobozi bwo kwivugururira ubworozi bwabo. Iki gikorwa cyo gutera intanga hagamijwe kuzamura umusaroro w’amata [...]

Kayonza: Imishahara y’abaveterineri izava mu misoro akarere kinjiza

Kayonza: Imishahara y’abaveterineri izava mu misoro akarere kinjiza

Inama njyanama y’akarere ka Kayonza yemeje ko imishahara y’abaveterineri b’ako karere igiye kuzajya iva mu misoro kinjiza. Icyo cyemezo cyafatiwe mu nama idasanzwe y’inama njyanama yateranye tariki 08/03/2013 mu rwego rwo gusuzuma umushinga w’ingengo y’imari ivuguruye ya 2012/2013 y’akarere ka Kayonza. Ubusanzwe abaveterineri bahembwaga n’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi, RAB, ariko icyo kigo ngo ntikikibagenera imishahara. [...]

Nyabihu: Nubwo ubworozi bw’inka n’ibibukomokaho biteye imbere haracyari ikibazo cy’isoko ry’amata

Kalinijabo avuga ko ikibazo cy’isoko ry’amata n’imihanda igera mu nzuri za Gishwati aho aboneka ari bimwe mu bibazo by’ingutu aborozi bahura nabyo

Ubusanzwe mu karere ka Nyabihu,hagaragara ubworozi  bw’inka buteye imbere ndetse n’inka zivuguruye ku buryo zitanga umusaruro mwiza w’amata ndetse n’uw’inyama. Uretse mu baturage usanga bita cyane ku bworozi, hari n’ababigize umwuga bororera mu nzuri za Gishwati aho zagiye zikatwa. Kalinijabo Mutarama,ni umwe mu borozi bororera mu nzuri za Gishwati akaba n’uhagarariye imwe mu makoperative ahororera. [...]

Kayonza: Amabagiro yose yongeye gukingura imiryango nyuma y’amezi akabakaba atanu afunze kubera indwara y’uburenge

Amabagiro yose yongeye

Amabagiro yo mu karere ka Kayonza yongeye gukingura imiryango nyuma y’igihe gikabakaba amezi atanu nta bagiro na rimwe rikora. Amabagiro yose yari yarafunzwe kubera ko akarere ka Kayonza kari kashyizwe mu kato ku bijyanye n’ubucuruzi bw’ibikomoka ku nka, bitewe n’uko kari kagaragayemo indwara y’uburenge. By’umwihariko inyama n’amata adatunganyije mu nganda ni byo byari bibujijwe gucuruzwa [...]

Nyabihu: Hafashwe ingamba mu rwego rwo guteza imbere ubworozi bw’inzuki n’inkoko

Ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu, avuga ko hafashwe ingamba ngo ubworozi bw’inzuki n’inkoko buzamuke

Akarere ka Nyabihu ni akarere gateye imbere mu bworozi cyane cyane ubw’inka,ku buryo ubu habarirwa inka zisaga ibihumbi 40. Ibi ahanini bikaba binaterwa n’uko muri aka karere habarizwa inzuri zororerwamo inka muri Gishwati. Uretse izo nzuri,n’abaturage ubwabo bitabira ubworozi butandukanye, cyane ubw’inka n’intama.Gusa muri aka karere hakorerwa n’ubworozi bw’amatungo magufi nk’ihene ,inkoko, amafi n’inzuki. Muri [...]

Nyabihu: Gahunda ya Girinka hamwe no kuvugurura inka ngo zitange umusaruro mwiza ziragenda zigera ku ntera ishimishije

Umuhigo wo gutanga inka muri gahunda ya Girinka mu karere ka Nyabihu uragenda ugera ku ntera ishimishije

Gahunda ya Girinka Munyarwanda hamwe n’iyo kuvugurura amatungo kugira ngo atange umusaruro ushimishije haba ku mata cyangwa ku nyama, ziragenda zifata intera nziza ugereranije n’umuhigo mu karere ka Nyabihu biyemeje muri uyu mwaka nk’uko Shingiro Eugene,ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu yabidutangarije. Ku bijyanye na gahunda ya Girinka muri uyu mwaka,mu karere ka Nyabihu bakaba [...]