Rwanda | Huye: Agiragitereka, ikusanyirizo ry’amata ry’i Rusatira ryabaye igisubizo

Rwanda : Huye Agiragitereka

Ikusanyirizo ry’amata ry’i Rusatira ho mu Karere ka Huye, ryubatswe n’amamakoperative y’abajyanama b’ubuzima bo muri aka Karere. Nyuma yo kuzuza inyubako ebyiri, harimo imwe yo kubikamo amata igihe ategereje abaguzi ndetse n’iyo kugurishirizamo ayo abakiriya batatwaye, ubu iri kusanyirizo rirakora neza. Amata iri kusanyirizo ryakira ni aturuka mu baturage bo muri aka gace k’amayaga dore [...]

Rwanda | RUSIZI: hagiye kubakwa uruganda rutunganya amata

Akarere ka Rusizi ku bufatanye n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi RAB n’umuryango Botar wo mu gihugu cya Ireland, bagiye kubakira amakopetarive y’ubworozi bw’ inka uruganda ruzajya rutunganya umusaruro w’amata aboneka mu turere twa Rusizi na Nyamasheke aho kuri uyu wa gatatu hasuwe ikibanza kizashyirwamo izo nyubako kiri mu murenge wa Giheke mu kagali ka [...]

RWANDA | NYAGATARE: BARACYAZEREREZA AMATA

NYAGATARE: Mu gihe hari aborozi bahitamo kugurisha amata yabo mu maresitora kuko ngo ariho bahabwa amafaranga atubutse ubuyobozi bw’ihuriro ry’amakoperative y’aborozi mu karere ka Nyagatare bwo burabasaba guha agaciro amata yabo bakirinda kuyazerereza dore ko ngo abenshi muri abo baba bayongeyemo n’amazi bityo bagatinya ko ibipimo byifashishwa mu kumenya amata meza bikoreshwa ku makaragiro  byabigaragaza. [...]

Rwanda | Rubavu : amata yo munjerekani atera igihombo abacuruzi n’abakora ibiyakomokaha nka fromages

Abacuruzi b’amata n’ibiyakomokaho mu karere ka Rubavu basaba akarere kwita ku isuku y’amata agemurwa mu majerekani, ibi bikaba bije nyuma yo kugaragazwa ko amata agemurwa mu njerekani atera igihombo abayacuruza kimwe n’abayakoramo fromages. Nkuko bitangazwa n’umwe muborozi, akaba n’umwe mubakora fromage mu karere ka Rubavu Ndori Samuel, avuga ko ubucuruzi bw’amata atwarwa mu njerekani bubatera [...]

Rwanda | Rubavu : amata yo munjerekani atera igihombo abacuruzi n’abakora ibiyakomokaha nka fromages

Abacuruzi b’amata n’ibiyakomokaho mu karere ka Rubavu basaba akarere kwita ku isuku y’amata agemurwa mu majerekani, ibi bikaba bije nyuma yo kugaragazwa ko amata agemurwa mu njerekani atera igihombo abayacuruza kimwe n’abayakoramo fromages. Nkuko bitangazwa n’umwe muborozi, akaba n’umwe mubakora fromage mu karere ka Rubavu Ndori Samuel, avuga ko ubucuruzi bw’amata atwarwa mu njerekani bubatera [...]

Rwanda : Abagemura amata mu ikusanyirizo rya Gicumbi barasabwa kugira isuku

Abagemura amata mu ikusanyirizo rya Gicumbi barasabwa kugira isuku

Ijerekani batwaramo amata ifite umwanda Mu rwego rwo kunoza imikorere myiza no kugira isuku aho bakusanyiriza amata mu karere ka Gicumbi, abahagemura ayo mata barasabwa kugira isuku ihagije. Ibi ni ibyatangajwe na muganga w’amatungo mu karere ka Gicumbi Gashirabake  Isdore kuri uyu wa 17/9/2012  aho asaba  abagemura n’abakora akazi gatandukanye kuri iryo kusanyirizo ry’amata mu [...]

Rwanda | HUYE: AMATA ACURURIZWA MURI CENTRE YA ARETE-NYANZA AGIYE KONGERERWA AGACIRO

HUYE: AMATA ACURURIZWA MURI CENTRE YA ARETE-NYANZA AGIYE KONGERERWA AGACIRO

Abacuruza amata bo muri centre ya Arete-Nyanza iherereye mu murenge wa Kinazi mu karere ka Huye, ihuza abanyamuryango bagera kuri 12 bibumbiye muri koperative KIDACO bisobanuye mu rurimi rw’icyongereza Kinazi Dairy Cooperative ngo bagiye kongerera agaciro umukamo w’amata agurishwa banayashyire muri emballage. Iki gikorwa cyo kongerera agaciro umukamo w’amata kizakorwa kubufatanye bwa koperetive KIDACO n’abafatanyabikorwa [...]

Rwanda : Amatungo yose arakamwa

Amatungo yose arakamwa

Aya ni amagambo ya Madamu Mukampore Viviane, umukozi w’urugaga Imbaraga rw’abahinzi borozi, akaba akora mu mushinga Proxivet uru rugaga rushyira mu bikorwa rufatanyije n’abaveterineri batagira umupaka . Yabwiraga abana biga ku ishuri ribanza rya Kabuga ryo mu Murenge wa Mbazi. Hari mu gikorwa cyo kwizihiza umunsi mpuzamahanga w’amata uba ku itariki ya 1 Kamena, ubwo [...]

Rwanda : Koperative Indakemwa imaze kugeza abanyamuryango bayo kuri byinshi

Koperative y’aborozi Indakemwa kuri ubu yaba yaramaze gukemura ikibazo cy’ikusanyirizo ry’amata kuko mu mirenge ya Gatore na Gahara nkuko bamwe mu borozi baburaga aho bakusanyiriza amata babitangaza. Koperative INDAKEMWA ikorera mu mirenge ya Gatore na Gahara ikaba kuri ubu bakusanya amata aturutse muri iyi mirenge yombi kuburyo nta mworozi wo muri uyu murenge wabura aho [...]

Rwanda : Inka zo mu bwoko bwa Firizone nizo zikamwa amata menshi mu zororwa mu Rwanda

Inka ya firizone

Inka zo mu bwoko bwa firizone ni zo nka kugeza ubu zikamwa amata menshi mu nka zororwa mu Rwanda. Mu kiganiro n’ushinzwe ubworozi mu karere ka Gicumbi Nzigiye Isidore avuga ko izo nka zifite ubushobozi bwo kuba zakamwa nibura 5.000 ku mwaka, zikaba zishobora gukamwa iminsi igera kuri 305 nyuma yo kubyara. Ati “ mu [...]