Bugesera: thousands of cows artificially inseminated

Bugesera: thousands of cows artificially inseminated

More than 2940 cows have been artificially inseminated and others are yet to be in Bugesera District as a way of increasing the productivity of the cattle as Leonidas Kayitankore the agronomist of the District explains. “Most of the farmers do not rear bulls for reproduction because they are expensive, do not produce milk or [...]

Bugesera: Inka zigera kuri 2940 nizo zimaze guterwa intanga

m_01

Mu rwego rwo kongera inka zitanga umusaruro, mu karere ka Bugesera hamaze guterwa intanga inka zigera ku bihumbi 2940. Ibi byo gutera intanga mu nka byagerejwe abaturage, aho hagiye hahugurwa abaturage kugirango bifashe aborozi bityo umusaruro uzamuke nk’uko bisobanurwa n’ushinzwe ubworozi mu karere ka Bugesera agronome Kayitankore Leonidas. Agira ati “ aborozi benshi ntibakunze korora [...]

Butaro: Abaturage barishimira kuba baremerewe kongera guhinga amasaka

Abaturage barishimira

Abaturage bo mu murenge wa Butaro, mu karere ka Burera, barishimira kuba ubuyobozi bw’ako karere bwarabemereye kongera guhinga amasaka uko babyifuza nyuma y’imyaka irenga ibiri batayahinga. Muri gahunda yo guhuza ubutaka bugahingwaho ibihingwa byatoranyijwe, mu karere ka Burera hatoranyijwe guhingwa ibirayi, ibishyimbo, ibigori ndetse n’ingano. Ibyo byatoranyijwe kuhahingwa ngo kuko aribyo bifitiye akamaro abanyaburera. Gahunda [...]

Rwanda | Burera: Gira Inka imaze kugera ku miryango itishoboye 5341

Ubuyobozi bw’akarere ka Burera butangaza ko kuva gahunda ya “Gira Inka” munyarwanda yatangira muri ako karere, kugeza ubu imiryango itishoboye 5341 imaze korozwa inka mu rwego rwo kuyifasha kwikura mu bukene. Abantu batandukanye bagabirwa inka mu karere ka Burera ni abatishoboye. Abagabirwa inka bose basabwa kuzifata neza, bazikenura kuri byose kugira ngo nizibyara nabo bazagabire [...]

Rwanda | Kamonyi: Kororera mu gikumba byabahaye umwanya wo gukora indi mirimo

Nyuma yo guhabwa inka n’umuryango wa Gikristu mu Rwanda (MPCR), abagenerwabikorwa bo mu kagari ka Bunyonga, umurenge wa Karama, akarere ka Kamonyi; izo nka bahawe bahisemo kuzororera mu gikumba kuko mu ngo za bo nta mwanya uhagije wo kuzororeramo bari bafite. Abo bagenerwa bikorwa bibumbiye mu itsinda ryitwa “Twiyegeranye”, bahisemo gukora amakipe azajya asimburana kuza [...]

Rwanda: Kayonza farmers adopt modern ways to boost productivity

Rwanda | Kayonza farmers adopt

Farmers in Eastern province of Rwanda are to take care of their farms by fencing them to boost the production especially in animal husbandry says Odette Uwamariya the governor of Eastern Province. Governor Uwamariya said this after the dialogue that was directed by Stanislas Kamanzi the ministry of Natural Resources with the workers of Rwanda [...]

Rwanda | Kayonza: Aborozi barasabwa kuzitira inzuri kugira ngo umusaruro w’ibikomoka ku bworozi wiyongere

Rwanda | Kayonza Aborozi barasabwa

Guverineri w’intara y’uburasirazuba, Uwamariya Odette arasaba aborozi bo mu ntara y’uburasirazuba kuzitira inzuri zabo no kuzitunganya kugira ngo umusaruro w’ibikomoka ku bworozi bwabo urusheho kwiyongera.   Guverineri Uwamariya abitangaje nyuma y’ibiganiro minisitiri w’umutungo kamere, Stanislas Kamanzi n’abakozi b’ikigo gishinzwe guteza imbere umusaruro w’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi RAB bagiranye n’aborozi bo mu ntara y’uburasirazuba. Ibyo biganiro [...]

Rwanda | Burera: Kororera mu biraro byaciye amakimbirane mu baturage

Abaturage bo mu karere ka Burera batangaza ko gahunda yo kororera mu biraro yabazaniye ibyiza byinshi birimo gukuraho amakimbirane yakundaga kugaragara kubera ko aborozi baragiraga ku gasozi bakonesha imyaka y’abandi. Abo baturage bavuga ko mbere y’uko gahunda yo kororera mu biraro ishyirwa mu bikorwa, wasangaga abashumba baragira ku gasozi bakabura ubwatsi buhaza inka zabo kuburyo [...]

Rwanda | Bugesera : Hatangiye kugeregezwa uburyo bushya bwo korora amafi

BugeseraHatangiye kugeregezwa

Kareremba ni uburyo bushya bwo korora amafi butuma amafi yorowe aguma mu bisanduku byubakanywe ubuhanga, ubu buryo burimo kugeragezwa mu biyaga byo mu karere ka Bugesera. Ubu buryo bwa Kareremba butuma amafi atazerera mu mazi akabona n’uko agaburirwa neza agakura vuba kandi bikongera cyane umusaruro mu burobyi nk’uko byemezwa na Rutaganira Wilson Umuhuzabikorwa w’umushinga ushinzwe [...]

Rwanda | Nyabihu: Abahawe inka muri gahunda ya Girinka bari guhabwa ubwatsi buzabafasha mu kuzigaburira

Nyabihu Abahawe inka muri

Ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi RAB, akarere ka Nyabihu kahawe ubwatsi buzashyikirizwa abahawe inka muri gahunda ya Girinka kugirango buzabafashe kuzigaburira neza bityo zitange umusaruro mwiza,zibafashe kwikura mu bukene. Ubu bwatsi bwo mu bwoko bwa Mukuna n’ibinyamisogwe bigomba kugaburirwa amatungo bivanzwe n’ibinyampeke nk’uko ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu yabidutangarije. Mukuna [...]