Kayonza: Imishahara y’abaveterineri izava mu misoro akarere kinjiza

Kayonza: Imishahara y’abaveterineri izava mu misoro akarere kinjiza

Inama njyanama y’akarere ka Kayonza yemeje ko imishahara y’abaveterineri b’ako karere igiye kuzajya iva mu misoro kinjiza. Icyo cyemezo cyafatiwe mu nama idasanzwe y’inama njyanama yateranye tariki 08/03/2013 mu rwego rwo gusuzuma umushinga w’ingengo y’imari ivuguruye ya 2012/2013 y’akarere ka Kayonza. Ubusanzwe abaveterineri bahembwaga n’ikigo cy’igihugu cy’ubuhinzi n’ubworozi, RAB, ariko icyo kigo ngo ntikikibagenera imishahara. [...]

Rwanda : UBURENGE NTIBURAGERA MU RWANDA.

NYAGATARE:Kudahishira indwara igihe yagaragaye mu ishyo ryawe no guhagarika ubucuruzi bwambukiranya imipaka bw’ibikomoka ku matungo nibyo bikangurirwa aborozi ndetse n’abafite aho bahuriye nabwo bo mu karere ka Nyagatare. Ibi birasabwa nyuma y’aho bigaragariye ko indwara y’uburenge igenda yegera umupaka w’uRwanda kuva mu murenge wa Tabagwe kugera muwa Matimba ahegereye umugezi w’umuvumba n’uw’umuyanja kandi iyi migezi [...]

Rwanda : Inzuki na zo ngo zirarwara

Inzuki na zo ngo zirarwara

Ibi bivugwa na Barahira Jean de Dieu, umukozi wa ARDI, umuryango nyarwanda utegamiye kuri Leta ufasha abaturage b’abakene kwiteza imbere binyuze mu myuga iciriritse. Barahira avuga ko ari byiza kubungabunga inzuki ntizirware kuko kurwara kwazo bituma umusaruro ugabanuka. Ngo hari indwara inzuki zirwara iterwa n’akarondwe bita Valoa. Aka karondwe rero ngo kanyunyuza ibitunga umubiri w’uruyuki, [...]

Rwanda | Muhanga: Aborozi b’imbwa zakingiwe barasabwa ko zajya zihabwa ibimenyetso ku bw’umutekano

Muhanga Aborozi b’imbwa

Mu karere ka Muhanga batangije igikorwa cyo gukingira amatungo y’imbwa n’injangwe mu rwego rwo kuyarinda kwanduza abantu igihe yafashwe n’indwara. Bamwe mu borozi b’aya matungo mu karere ka  Muhanga barasaba abashinzwe inkingo kuzajya bashyira ikimenyetso ku mbwa yamaze gukingirwa ku buryo aho izajya bazajya bamenya ko yakingiwe. Ibi aba borozi barabisaba kubera impungenge z’uko hari [...]

Rwanda : Menya uko ubworozi bw’Inuma bukorwa

Menya uko ubworozi bw’Inuma bukorwa

Mu Rwanda tumenyereye ubworozi bw’amatungo maremare ndetse n’amagufi ,aho umworozi yita kumatungo ye akayagaburira akayavuza ndetse akamuzanira n’agafaranga tutibagiwe ko amuhaza no mu mirire. Mu kiganiro n’ushinzwe ubworozi mu karere ka Bugesera Veterineri Kayitankore Leonidas avuga ko ubworozi bw’inuma bufite umwihariko kuko butamenyerewe hano mu Rwanda kubera umuco w’igihugu ko nta bwoko bw’inuma butanga inyama [...]

Rwanda : Abatuye ikirwa cya Mazane barasaba ko bakwegerezwa abavuzi b’amatungo

Abatuye ikirwa cya Mazane barasaba ko bakwegerezwa abavuzi b’amatungo

Zimwe mu nkoko zororerwa mu kirwa cya Mazane Aborozi bo ku kirwa cya Mazane mu murenge wa Rweru mu karere ka Bugesera, baratangaza ko bahangayikishijwe n’indwara zikunze kwibasira amatungo yabo, bityo bakaba basaba ko bakwegerezwa abavuzi b’amatungo. Kuri icyo kirwa ngo nta baganga b’amatungo bahagera bigatuma amatungo yabo apfa kubera kutavurwa kuko nta bavuzi b’amatungo [...]

Rwanda : Umworozi akwiye kuba maso akamenya uko yagaburira itungo rye mu bihe by’imvura

Umworozi akwiye kuba maso akamenya uko yagaburira itungo rye mu bihe by’imvura

Kororera mu biraro,guha amatungo ubwatsi bwumutse kandi bukase,gukingiza amatungo no gusukura aho aba ni bimwe mu byatuma atanga umusaruro mwiza ku mworozi Igihe cy’imvura bakunze kwita” Umuhindo” kiregereje. Iki gihe ku borozi gikunze kuba kiza kuko ahanini haboneka ubwatsi bwinshi bityo amatungo akarya agahaga kandi agatanga umusaruro mwiza.  Iki gihe kigomba kubyazwa umusaruro n’aborozi kuko [...]

Rwanda : Zimwe mu ndwara umworozi w’inkoko agomba kwitondera zibuza inkoko gutanga umusaruro mwiza

Zimwe mu ndwara umworozi w’inkoko agomba kwitondera zibuza inkoko gutanga umusaruro mwiza

Umworozi w’inkoko agomba kuzigirira isuku kugira ngo zizatange umusaruro mwiza kandi zibe zirinzwe indwara  Inkoko ni itungo rikunze kororwa mu Rwanda. Ibi bikaba biterwa nuko ahanini aya matungo atarushya cyane aborozi nyamara akaba atanga umusaruro ushimishije iyo yitaweho. Mu bworozi bw’inkoko,umworozi asabwa kwitonda no kurwanya indwara zishobora kwibasira ubworozi bwe zikamuvutsa umusaruro yari yiteze. Ni [...]

Rwanda : Biyemeje gufatanyiriza hamwe kugirango babungabunge amafi atarakura

Biyemeje gufatanyiriza

Nyuma y’aho hari bamwe byagaragaye ko bitwikira ijoro maze bakajya mu biyaga kuroba amafi atarakura abarobyi bo mu karere ka Bugesera biyemeje gufatanyiriza hamwe kugirango babungabunge amafi atarakura. Izi ngamba zifashwe nyuma y’aho abasore babiri bo mu murenge wa Mayange baherutse gutabwa muri yombi n’abashinzwe umutekano bafatanywe amafi  adakuze barobye mu kiyaga cya Cyohoha ya [...]

Rwanda : Kutita ku ngurube bishobora gutuma iramburura

Kutita ku ngurube

Ingurube iyo ifashwe nabi mu gihe cyo guhaka bishobora kuyiviramo kuramburura mu gihe bititaweho bihagije. Mu kiganiro na Gashirabake Isidore ushinzwe ubworozi mu karere ka Gicumbi avuga ko itungo rigomba kurobanurirwa ibiribwa mu gihe cyo guhaka, kandi bikagenzurwa ko nta mwanda. bavuga ko hari nka bimwe bishobora kuyitera ibibazo byo kuramburura. Ati “ nko mu [...]