Nyabihu: Mu murenge wa Muringa harakekwa indwara y’uburenge ku nka

Nyabihu: Mu murenge wa Muringa harakekwa indwara y’uburenge ku nka

Umuyobozi w’akarere ka Nyabihu Twahirwa Abdoulatif,avuga ko ikibazo cy’indwara y’uburenge ikekwa mu murenge wa Muringa barimo kugikurikirana ngo bimenyekane ku buryo cyafatirwa ingamba vuba Umurenge wa Muringa ni umwe mu mirenge 12 igize akarere ka Nyabihu. Uyu murenge ukaba ukora kuri Gishwati ahabarirwa inzuri nyinshi zororerwamo inka nyinshi mu karere ka Nyabihu. ‘ Nyuma y’aho [...]

Rwanda: RAB to promote professional fish farming

RAB to promote professional fish farming

About 22 Rwandan fishers with big achievements than their fellows are on a three day training in Huye districting with effect from 21st January 2013 intending to become professional fishermen. This training was prepared by Rwanda Agriculture Board (RAB), the international organization of food and agriculture (FAO). Many at times, fishermen got trainings but is [...]

Rwanda : Baratozwa kuba aborozi b’amafi b’umwuga

Baratozwa kuba aborozi b’amafi b’umwuga

Aborozi b’amafi 22 b’Abanyarwanda bamaze kugera ku bikorwa nibura biruta iby’abandi, hamwe n’ababaherekeza muri uyu mwuga, guhera kuri uyu wa 21 Mutarama bateraniye i Huye mu mahugurwa y’iminsi itanu. Aya mahugurwa ngo bazayakuramo ubumenyi buzababashisha kuba aborozi b’amafi b’umwuga. Ubundi, Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi, RAB, ku bufatanye n’ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku [...]

Rwanda | RUSIZI: hagiye kubakwa uruganda rutunganya amata

Akarere ka Rusizi ku bufatanye n’ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi RAB n’umuryango Botar wo mu gihugu cya Ireland, bagiye kubakira amakopetarive y’ubworozi bw’ inka uruganda ruzajya rutunganya umusaruro w’amata aboneka mu turere twa Rusizi na Nyamasheke aho kuri uyu wa gatatu hasuwe ikibanza kizashyirwamo izo nyubako kiri mu murenge wa Giheke mu kagali ka [...]

Rwanda : UBURENGE NTIBURAGERA MU RWANDA.

NYAGATARE:Kudahishira indwara igihe yagaragaye mu ishyo ryawe no guhagarika ubucuruzi bwambukiranya imipaka bw’ibikomoka ku matungo nibyo bikangurirwa aborozi ndetse n’abafite aho bahuriye nabwo bo mu karere ka Nyagatare. Ibi birasabwa nyuma y’aho bigaragariye ko indwara y’uburenge igenda yegera umupaka w’uRwanda kuva mu murenge wa Tabagwe kugera muwa Matimba ahegereye umugezi w’umuvumba n’uw’umuyanja kandi iyi migezi [...]

Rwanda | Nyabihu: Abahawe inka muri gahunda ya Girinka bari guhabwa ubwatsi buzabafasha mu kuzigaburira

Nyabihu Abahawe inka muri

Ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi RAB, akarere ka Nyabihu kahawe ubwatsi buzashyikirizwa abahawe inka muri gahunda ya Girinka kugirango buzabafashe kuzigaburira neza bityo zitange umusaruro mwiza,zibafashe kwikura mu bukene. Ubu bwatsi bwo mu bwoko bwa Mukuna n’ibinyamisogwe bigomba kugaburirwa amatungo bivanzwe n’ibinyampeke nk’uko ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu yabidutangarije. Mukuna [...]

Rwanda | Nyagatare: Aborozi barasabwa gukurikiza amabwiriza y’abaveterineri kugira ngo bakumire isazi ya Tsetse

Ikigo cy’igihugu gishinzwe guteza imbere ubuhinzi n’ubworozi (RAB) kirasaba aborozi bo mu Karere ka Nyagatare gukurikiza amabwiriza yo gukoresha imiti yoza inka ndetse no kuyakingiza kugira ngo barwanye isazi ya Tsetse ihakekwa. Aborozi bo muri uwo Murenge wa Matimba bavuga ko isazi ya Tsetse yatangiye kugaragara muri ako gace mu mpeshyi y’uyu mwaka nyuma yo [...]

Rwanda : Mu Rwanda hatangiye Ukwezi kwahariwe kurwanya indwara y’ibisazi by’imbwa.

Mu Rwanda hatangiye Ukwezi kwahariwe kurwanya indwara y’ibisazi by’imbwa.

Mu rwego rwo kurinda ubuzima bw’abantu n’amatungo, Ikigo RAB cyatangije ku mugaragaro igikorwa  cyo gukingira indwara y’ibisazi by’imbwa n’ibikorwa byo kwigisha abaturage iby’iyi ndwara, igikorwa cyatangijwe taliki ya 10 Nzeli 2012. Ku rwego rw’igihugu ,uyu muhango wabereye mu karere ka Rulindo mu murenge wa Bushoki ahakingiwe imbwa 87 n’injangwe 1.           [...]

Rwanda | UBURENGERAZUBA: Guhagarika Uburobyi mu Kivu Bizajya Bikorwa Buri Mwaka

Uburobyi mu Kivu buzajya buhagarikwa buri mwaka kugira ngo amafi yororoke

 Ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB) cyashyizeho gahunda yo kujya gihagarika uburobyi bw’amafi mu Kivu buri mwaka mu gihe runaka, kugira ngo umusaruro w’amafi wiyongere. Icyi cyemezo cyafashwe kubera ko umusaruro w’amafi wagabanutse cyane mu Kivu bitewe n’impamvu nyinshi zirimo: akajagari mu burobyi, kuba itegeko rigenga uburobyi ritarigeze ryubahirizwa kuva aho ryagiriyeho muri 2009, kuba [...]

Rwanda | Nyagatare: Aborozi baramarwa impungenge ko imvubu zitazabanduriza amatungo uburenge

Ubuyobozi bw’Ikigo gishinzwe guteza imbere ubuhinzi (RAB) mu Ntara y’Uburasirazuba buramara impungenge aborozi bo mu Karere ka Nyagatare ko kubera imiterere y’ibinono by’imvubu zidashobora kurwara indwara y’uburenge, bityo kuba hari izirisha mu gihugu cya Uganda kirimo iyo ndwara zikagaruka zikarisha ku butaka bw’u Rwanda ngo bikaba nta ngaruka byagira ku matungo yo mu Rwanda. Ibi [...]