
Abaturage bo mu murenge wa Rugabano biyemeje kwitabira ubworozi bw’ingurube kubera ko zifite isoko rinini cyane. Ni yo mpamvu bayishakiye akabyiniriro ka “Misaya Myiza Kirigita Ifaranga” kubera ko umubare w’abakunda ‘akabenzi’ ukomeje kugenda wiyongera hirya no hino mu Rwanda. Ubwo abaturage b’umurenge wa Rubagano bamurikaga ibikorwa bagezeho mu mihigo y’umwaka 2011-2012, abo mu kagari ka [...]







Follow Us!
By PDGACO payday loans