
Nyuma y’aho ubuyobozi bw’Intara y’Uburengerazuba n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi (RAB) bufatiye icyemezo cyo guhagarika uburobyi bwakorwaga mu kiyaga cya kivu cyose kuva tariki 29/07/2012 kugeza tariki 02/10/2012, abaturage bari basanzwe batunzwe n’uburobyi baratangaza ko ubuzima butazaborohera. N’ubwo abaturage basanzwe bakora akazi ko kuroba ndetse n’abakora ubucuruzi bw’umusaruro uturuka mu kiyaga cya kivu bavuga ko ari [...]









Follow Us!
By PDGACO payday loans