Rwanda | Nyamasheke: Abari batunzwe n’uburobyi gusa bazahabwa inguzanyo bazishyura igihe imirimo izaba yongeye gusubukurwa.

Rwanda | Nyamasheke Abari

Nyuma y’aho ubuyobozi bw’Intara y’Uburengerazuba n’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi (RAB) bufatiye icyemezo cyo guhagarika uburobyi bwakorwaga mu kiyaga cya kivu cyose kuva tariki 29/07/2012 kugeza tariki 02/10/2012, abaturage bari basanzwe batunzwe n’uburobyi baratangaza ko ubuzima butazaborohera. N’ubwo abaturage basanzwe bakora akazi ko kuroba ndetse n’abakora ubucuruzi bw’umusaruro uturuka mu kiyaga cya kivu bavuga ko ari [...]

Rwanda | Nyamasheke: Hagiye kuba ivugurura mu mwuga w’uburobyi.

Nyamasheke Hagiye kuba ivugurura mu mwuga w’uburobyi.

Kuri uyu wa 18/07/2012, ikigo k’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB) n’umushinga w’uburobyi (projet Peche) bagiranye inama n’abakora umwuga w’uburobyi bo mu karere ka Nyamasheke mu rwego rwo kubamenyesha ingamba zafashwe mu rwego rwo kunoza umwuga w’uburobyi no kuwuha agaciro. Nk’uko byasobanuwe na Murera Aimable, ushinzwe ubushakashatsi ku bworozi n’uburobyi bw’amafi mu ntara y’iburengerazuba, ngo komisiyo [...]

Rwanda : Mworozi menya uburyo wahinga Desmodium spp, ibyatsi bigaburirwa amatungo agatanga umusaruro ushimishije

Mworozi menya uburyo

Mu Kinyarwanda icyatsi cya Desmodium bakunze kukita umuvumburankwavu, kigira izina ryemewe ku isi ari ryo “Desmodium”. Amoko atatu yabyo aboneka mu Rwanda ni Desmodium intornum(mill.)Urb, Desmodium uncinatum (Jacq.)DC.na Desmodium distortum. Mbere y’uko tuvuga ku buryo ihingwa reka tuvuge ku kamaro iki cyatsi gifite mu bworozi. Ibyiza bya Desmodium ku matungo Nk’uko tubikesha imfashanyigisho ya  RARDA [...]

Rwanda | Nyabihu: Akarere ka Nyabihu kagiriwe inama yo gukoresha uburyo bwo Bukoresha umuriro w amashanyarazi mu kwica amatungo

Ibagiro rya Kora ribaye igisubizo ku bucuruzi bw’ibikomoka ku matungo haboneka inyama zifite isuku kandi zipimye

  Ibagiro rya Kora ni ibagiro rya Kijyambere ryubatswe muri uyu mwaka wa 2011-2012 mu karere ka Nyabihu, kugira ngo rikemure ikibazo cy’aho bazajya babagira amatungo ku buryo bwiza, bunoze kandi hakaboneke inyama zifite isuku. Iri bagiro ryubatswe mu murenge wa Bigogwe ryatwaye amafaranga y’u Rwanda  agera kuri miliyoni 75 , nk’uko Shingiro Eugene ushinzwe [...]

Rwanda | Nyabihu: Bitabiriye kwitura bagenzi babo bituma barenza inka bari biyemeje gutanga

Nyabihu Bitabiriye kwitura

Nk’uko twabitangarijwe na Shingiro Eugene ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu kuri uyu wa 25/06/2012,mu karere ka Nyabihu mu rwego rw’ubworozi bari biyemeje mu muhigo ko bazoroza abatishoboye inka 500 muri gahunda ya Girinka,ariko izi nka zaje kurenga ku buryo inka zorojwe zageze kuri 721. Nk’uko Shingiro Eugene yabigarutseho,ngo icyatumye besa umuhigo wabo ku buryo [...]

Rwanda | Muhanga: Ibibazo by’abafatanyabikorwa byatumye ubworozi bw’inka bucumbagira

Rwanda | Muhanga Ibibazo

Ubuyobozi bw’akarere ka Muhanga buratangaza ko bwagiye bugira ibibazo binyuranye biturutse ahanini ku bafatanyabikorwa babo, bituma ubworozi bw’inka muri aka karere butagenda nk’uko bari barabihize. Umukozi w’akarere ka Muhanga ushinzwe ubworozi Dr Ferdinand Bizimana avuga ko bari barahize ko uyu mwaka bazazana inka 1002 bazoroza abaturage ariko ngo magingo aya bamaze kuboroza inka 790 gusa. [...]

Rwanda | Abacuruza amatungo bakwiye kujya bayatwara mu buryo butayahungabanya

Abacuruza amatungo

Iyo urebye uburyo  bamwe mu bantu bacuruza amatungo bayatwara usanga biteye inkeke kuko hari abayatwara mu buryo bubangamiye ubuzima bwayo. Amatungo akunze guhura n’ikibazo nk’iki cyane ni ayo mu bwoko bw’ibiguruka (inkoko, imbata, dendo) kuko ba nyiri ukuyatwara baba bashaka gutwara menshi, maze hakaba ubwo usanze nk’umuntu yapakiye inkoko mu mufuka ubundi akikorera. Kubera ubwinshi [...]

Rwanda : Indwara y’ubutaka yarahagurukiwe

Rwanda Indwara y’ubutaka

Mu rwego rwo kurwanya indwara y’ubutaka ikunze kwibasira inka, mu karere ka Nyabihu kuri uyu wa 19 Mata batangiye gahunda yo gukingira inka indwara y’ubutaka”Cahrbon”. Iki gikorwa kugeza ubu kikaba kiri kubera mu murenge wa Mukamira, Bigogwe na Kabatwa  bikaba biteganyijwe ko kizakorwa mu karere kose nk’uko Shingiro Eugene ushinzwe ubworozi mu Karere ka Nyabihu [...]

Rwanda : Rulindo – Hatewe amafi agera ku bihumbi 21 mu byuzi birindwi

Rulindo – Hatewe

tariki 12/04/2012, ibyuzi birindwi byubatswe n’abaturage biherereye mu murenge wa Bushoki akarere ka Rulindo, byagejejwemo amafi agera ku bihumbi 21. Nk’uko bivugwa na Kamanzi Francois, impuguke mu bworozi bw’amafi, ukorera mu ntara y’Amajyaruguru, ngo aya mafi bateye uyu munsi azatangira gusarurwa byibura mu mezi atandatu ari imbere. Agira ati: “ubu bwoko bwa Tilapia tumaze guterera [...]

Rwanda | Nyabihu: Amafi 470 niyo amaze gupfa bitewe n’imvura

Nyabihu Amafi 470 niyo

Nk’uko ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu Shingiro Eugene yabidutangarije, amafi agera kuri 470 niyo amaze gupfa bitewe n’imvura nyinshi yaguye igasiba ibyuzi 3 ayo mafi yabagamo mu murenge wa Rambura. Nyuma y’aho ibyo byuzi byasibamiye, hacukuwe ikindi cyuzi ari nacyo cyashyizwemo amafi yose yari muri ibyo byuzi 3 byasibamye mu rwego rwo kuyatabara. Kugeza [...]