Rwanda | RUSIZI: ibikorwa byo kuroba byabaye bihagaritswe mu kiyaga cya Kivu

RUSIZI ibikorwabyokurobabyabayebihagaritswemu kiyagacya Kivu

Kuva tariki ya 29 Nyakanga 2012, Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi, Bwabaye buhagaritse ibikorwa by’uburobyi mu kiyaga cya Kivu. Nkuko byatangajwe n’Umuyobozi w’Akarere ka Rusizi, wungirije ushinzwe Ubukungu Bwana Marcel Habyarimana, ngo impamvu y’iryo hagarikwa ni ukugira ngo umusaruro ubashe kwiyongera kuko bikomeje kugaragara ko wagabanutse cyane. Ibyo bikaba byatangarijwe mu nama yahuje ubuyobozi bw’Akarere ka [...]

Rwanda : Amagweja atanga umusaruro wikubye gatatu uwa kawa- Ayinkamiye

Amagwejaatangaumusarurowikubyegatatuuwakawa- Ayinkamiye

Umuyobozi wa Koperative yorora amagweja mu Murenge wa Rushashi (KOPROSERU), Ayinkamiye Adeline atangaza ko amagweja atanga umusaruro mwinshi ugereranyije n’ubuhinzi bw’ikawa. Ayinkamiye yagize ati: “Amagweja atanga umusaruro wikubye gatatu uwa kawa kuko ikiro kimwe cy’amagweja kigurwa amafaranga 1950 mu gihe ikiro kimwe cya kawa kigurishwa amafaranga 600.” Yakomeje avuga ko amagweja atanga amafaranga menshi mu [...]

Rwanda : Imashini irarira amagi ituma umworozi abona umusaruro mwinshi mu gihe gito

Imashini irarira amagi ituma umworozi abona umusaruro mwinshi mu gihe gito

Abagize koperative Abadahemuka itubura umusaruro w’inkoko mu kagari ka Nyagatovu mu murenge wa Mukarange mu karere ka Kayonza, bavuga ko gukoresha imashini zirarira amagi mu bworozi bw’inkonko, ari uburyo bwiza butuma umworozi abona umusaruro mwinshi w’ibikomoka ku bworozi bw’inkoko kandi ukaboneka mu gihe gito. Uwicyeza Vestine, umwe mu bagize iyo koperative, avuga ko imashini ishobora [...]

Rwanda : Mworozi menya uburyo wahinga Desmodium spp, ibyatsi bigaburirwa amatungo agatanga umusaruro ushimishije

Mworozi menya uburyo

Mu Kinyarwanda icyatsi cya Desmodium bakunze kukita umuvumburankwavu, kigira izina ryemewe ku isi ari ryo “Desmodium”. Amoko atatu yabyo aboneka mu Rwanda ni Desmodium intornum(mill.)Urb, Desmodium uncinatum (Jacq.)DC.na Desmodium distortum. Mbere y’uko tuvuga ku buryo ihingwa reka tuvuge ku kamaro iki cyatsi gifite mu bworozi. Ibyiza bya Desmodium ku matungo Nk’uko tubikesha imfashanyigisho ya  RARDA [...]

Rwanda : Nta mirire mibi bagihura nayo mu miryango kubera korora

Abanyamuryango ba COOPEPOCA barishimira intambwe bamaze kugeraho mu kwivana mu bukene no kurwanya imirire mibi mu miryango yabo kubera ubworozi. COOPEPOCA igizwe n’abanyamuryango 105, abagore 64 n’abagabo 31 bose batuye mu murenge wa Nyundo, mu karere ka Rubavu, intara y’Iburengerazuba. Iyi koperative yatangiye muri 2009, ifite intego yo kwikura mu bukene binyuze mu bworozi bw’amafi, [...]

Nyabihu: Baboneye amasomo mu imurikabikorwa ry’ikoranabuhanga mu buhinzi n’ubworozi

Nyabihu Baboneye amasomo mu imurikabikorwa ry’ikoranabuhanga mu buhinzi n’ubworozi

Kuri uyu wa 04/06/2012 nibwo bamwe mu bakozi n’abahinzi borozi bo mu karere ka Nyabihu bakoreye urugendoshuri mu mujyi wa Kigali ku murindi aharimo kubera imurikabikorwa ry’ikoranabuhanga mu buhinzi n’ubworozi ryatangiye kuwa 04/06/2012 rikaba rizasozwa kuwa 10/06/2012.                 Nk’uko ushinzwe ubworozi mu karere ka Nyabihu Shingiro Eugene yabidutangarije, [...]

Rwanda : Rutsiro: Hagiye gutangizwa umushinga wo kubyaza umusaruro ubwoya bw’intama.

Rwanda | Rutsiro Hagiye gutangizwa

Akarere ka Rutsiro ni kamwe mu turere tugize intara y’iburengerazuba, usanga kagaragaramo intama nyinshi kandi zifite ubwoya bwinshi.Ibi bikaba biterwa ahanini nuko uduce twinshi tw’aka karere duherereye ku butumburuke buhanitse. Kubera umubare munini w’intama zororwa mu karere ka Rutsiro, ibi ngo bituma inyama y’intama ifatwa nk’ikiribwa cy’ibanze kubaturage bo muri aka karere.Gusa ariko ngo kuba [...]

Rwanda | Mu Rwanda hagiye gushyirwaho abajyanama b’ubuzima bw’amatungo

Mu Rwanda hagiye

Leta y’u Rwanda iratangaza ko igiye gushyiraho urwego rw’abajyanama b’ubuzima bw’amatungo, hagamijwe guteza imbere ubworozi n’ubukungu bw’Abanyarwanda muri rusange, cyane cyane hakumirwa indwara no gufata nabi amatungo bigatuma adatanga umusaruro ukwiye.   Ibi byatangajwe n’umuyobozi wungirije w’Ikigo cy’u Rwanda gishinzwe iterambere ry’Abahinzi n’Aborozi mu Rwanda RAB, madamu Christine Kanyandekwe mu nama minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yagiranye [...]

Rwanda | Gakenke : Abaturage bitabiriye ubworozi bw’intama za kizungu

Rwanda Nyuma yo kubona umusaruro

Nyuma yo kubona umusaruro intama za kizungu zitanga, abaturage bo mu murenge wa Cyabingo, akarere ka Gakenke bahagurukiye korora intama za kizungu. Abaturage  bavuga ko ubworozi bw’intama za kizungu babutangiye nyuma yo guhabwa n’ikigo cyari gishinzwe guteza imbere ubworozi (RADA) imfizi y’intama ya kizungu yatanze icyororo mu Murenge wa Cyabingo. Mu murenge wose habarurwa intama [...]

Rwanda | Amafi agaburirwa ibiryo bikungahaye ku ntungamibiri kugira ngo atange umusaruro mwiza

Uretse ibiryo kamere byikora mu mazi, amafi akenera ibiryo by’inyongera bikize ku ntungamibiri za ngombwa kugira ngo akure neza maze atange umusaruro mwiza. Ubwoko bw’amafi bwitwa ibihwati n’ingege zirya utunyabuzima tuba mu mazi. Ni yo mpamvu ibyuzi bigomba gufumbirwa  hagati y’ibiro 20 na 50 kuri ari imwe buri cyumweru kandi ifumbire iboze neza kugira ngo [...]